skol
fortebet

Rayon Sports yikuye mu marushanwa ya “Ndi Umunyarwanda Cup”

Yanditswe: Monday 02, Oct 2017

Sponsored Ad

Amakuru agera ku Umuryango ni uko ikipe ya Rayon Sports imaze kwikura mu irushanwa rya “Ndi Umunyarwanda Cup” aho ubuyobozi bw’iyi kipe bushinja Komisiyo y’igihugu y’ubumwe n’ubwiyunge na FERWAFA kubatungura kandi abakinnyi babo batiteguye.
Nkuko Amakuru atugeraho abitangaza,Umutoza Olivier Karekezi yari yahaye ikiruhuko bamwe mu bakinnyi bitewe ni uko hagiye kuba ikiruhuko cy’imikino mpuzamahanga byatumye amarushanwa yose y’amakipe atari ay’ibihugu asubikwa ndetse n’ abakinnyi ba Rayon (...)

Sponsored Ad

Amakuru agera ku Umuryango ni uko ikipe ya Rayon Sports imaze kwikura mu irushanwa rya “Ndi Umunyarwanda Cup” aho ubuyobozi bw’iyi kipe bushinja Komisiyo y’igihugu y’ubumwe n’ubwiyunge na FERWAFA kubatungura kandi abakinnyi babo batiteguye.

Nkuko Amakuru atugeraho abitangaza,Umutoza Olivier Karekezi yari yahaye ikiruhuko bamwe mu bakinnyi bitewe ni uko hagiye kuba ikiruhuko cy’imikino mpuzamahanga byatumye amarushanwa yose y’amakipe atari ay’ibihugu asubikwa ndetse n’ abakinnyi ba Rayon Sports basigaye mu myitozo bakaba ari bake ku buryo batakwitabira irushanwa.

Kuba Rayon Sports yikuye mu irushanwa biteye impinduka nyinshi cyane ko yagombaga gukina na Police FC kuri uyu wa Gatatu saa kumi n’ebyiri aho turategereza icyemezo kirafatwa n’abateguye iyi mikino.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa