Syria yatangiye kurambagiza umutoza Antoine Hey utoza Amavubi
Yanditswe: Friday 19, Jan 2018
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu gihugu cya Syria rimaze iminsi riganira n’umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi kugira ngo aze kubatoza.
Uyu mutoza uri kumwe n’ikipe y’igihugu Amavubi mu mikino ya CHAN ntiyahakanye aya makuru ahubwo yavuze ko yababwiye ko ari mu kazi ndetse bakwiye kuzongera kugaruka imikino ya CHAN irangiye.
Yagize ati “Nibyo baranyegereye ndetse banyereka imbanzirizamasezerano mbabwira ko ndi mu kazi bagomba kuzagaruka nyuma y’iyi mikino.
Nkuko byagenze ku mutoza uheruka (...)
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu gihugu cya Syria rimaze iminsi riganira n’umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi kugira ngo aze kubatoza.
Uyu mutoza uri kumwe n’ikipe y’igihugu Amavubi mu mikino ya CHAN ntiyahakanye aya makuru ahubwo yavuze ko yababwiye ko ari mu kazi ndetse bakwiye kuzongera kugaruka imikino ya CHAN irangiye.
Yagize ati “Nibyo baranyegereye ndetse banyereka imbanzirizamasezerano mbabwira ko ndi mu kazi bagomba kuzagaruka nyuma y’iyi mikino.
Nkuko byagenze ku mutoza uheruka guhesha ishema u Rwanda Stephen Constantine,werekeje mu Buhindi nyuma yo guhabwa akayabo k’amafaranga na Hey ari guhabwa akayabo k’amafaranga bizagorana gukomezanya n’Amavubi.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *