skol
fortebet

Uburanga bw’umukunzi wa Kimenyi Yves bwatangaje benshi mu bitabiriye ibirori bya 2018 AZAM Rwanda Premier League Awards [AMAFOTO]

Yanditswe: Friday 19, Oct 2018

Sponsored Ad

Umunyezamu wa APR FC,waraye atowe nk’umunyezamu wahize abandi muri shampiyona ya 2017/2018,yitabiriye uyu muhango ari kumwe n’umukunzi we Diane watumye benshi bacika ururondogoro.

Sponsored Ad

Uyu munyezamu wigaragaje cyane agahesha APR FC igikombe cya shampiyona ndetse akabona umwanya ubanza mu kibuga mu Mavubi,yari kumwe n’umukunzi we,waciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga.

Kimenyi yemereye abanyamakuru ko ari mu rukundo na Diane ndetse bifuza kuzarushinga mu myaka iri imbere nubwo atatangaje igihe bizabera.

Kimenyi Yves yahembwe nk’umunyezamu w’umwaka nyuma yo kurusha amajwi Rwabugiri Omar wa Mukura VS na Bate Shamiru wa AS Kigali bari bahanganye.


Ibitekerezo

  • hhhhhhh.......yewe yewe ntamuntu afite kabisa,buriya se uriya wamushyira mu rugo akaba mutiwurugo koko!!!!!!!!! nuko nyine Atari ukuri .

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa