skol
fortebet

Uburanga bw’umukunzi wa Leno uherutse gusinyira Arsenal bwatangaje benshi [AMAFOTO]

Yanditswe: Friday 22, Jun 2018

Sponsored Ad

Hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga hacaracaye amafoto atandukanye agaragaza uburanga bw’umukobwa witwa Sophie Christin usanzwe ari umukunzi w’umunyezamu Bernd Leno uherutse kwerekeza mu ikipe ya Arsenal.

Sponsored Ad

Leno werekeje mu ikipe ya Arsenal avuye muri Bayer Leverkusen ku kayabo ka miliyoni 22 z’amapawundi,ari mu rukundo n’uyu mukobwa w’imyaka 21 nawe ukomoka mu Budage.

Sophie Christin akunze kugaragara ku mbuga nkoranyambaga ari kumwe na Leno ndetse inshuro nyinshi yagiye ajya ku mikino ya Leverkusen umugabo we yakinagamo.

Leno na Sophie Christin bamaze imyaka 2 bakundana ndetse urukundo rwabo basigaye barugaragaza ku mbuga nkoranyambaga nka Instagram.










Ibitekerezo

  • Uburanga bw’abakobwa benshi ni bwiza ku bagabo.Ikibazo nuko babukoresha mu bintu imana itubuza.Nukuvuga kwishimisha mu busambanyi.Mu gihe imana isaba abakili bato gukoresha ubuto bwabo mu gukorera imana (Umubwiriza 12:1).Kugirango bazabone ubuzima bw’iteka muli paradizo.Ubwiza bwo muli iyi si,ni ubusa nkuko Bible ivuga.Kubera ko ubumarana igihe gito,ugasaza ntihagire uwongera kukureba.Ariko abantu bakoresha ubuzima bwabo mu gukorera imana,bazaba muli paradizo,ari abasore n’inkumi iteka ryose (Job 33:25).Kwishimisha ukora ibyo imana itubuza,ni ukugira ubwenge buke cyane.Ese muzi ko abantu bakora ibyo imana idusaba,izabazura ku Munsi w’Imperuka?Bisome muli Yohana 6:40.Ntabwo ari ukubeshya.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa