skol
fortebet

Umuhanzikazi w’umwongereza yatengushywe n’inzoga zimwambika ubusa imbere y’abantu[AMAFOTO]

Yanditswe: Monday 04, Jun 2018

Sponsored Ad

Umuhanzikazi witwa Jesy Nelson ukomoka mu Bwongereza yatunguye benshi mu bakunzi be ubwo hashyirwaga hanze amafoto amabereye ari hanze kubera agasembuye yari yanyoye gatuma atabasha kugenda.

Sponsored Ad

Uyu muhanzikazi yagiye mu kabyiniro ari kumwe n’umukunzi we Harry James,bagezeyo banywa agasembuye karahava,byatumye uyu Jesy Nelson ananirwa kugenda ndetse imyenda yari yambaye imukoza isoni amabere ye ajya ku karubanda.

Uyu Jesy yagerageje kugenda biranga kubera inzoga nyinshi niko guhitamo kwicara hanze y’aka kabyiniro,umukunzi we James n’abandi basore bari kumwe bagerageje kumuhagurutsa birangira bituma atenguhwa n’imyenda ye,amabere ajya hanze afotorwa n’abanyamakuru bari hafi ye.

Uyu muhanzikazi yashagawe na benshi ndetse afotorwa n’abanyamakuru byatumye ajya ku karubanda amabere ye ari hanze.




Ibitekerezo

  • Ntabwo imana ibuzanya kunywa inzoga,ahubwo ibuzanya GUSINDA.Reka tubisome muli Bible.Imana yemera ko umuntu ashobora kunywa VINO nkeya.Bisome muli Tito 2:3 na 1 Timote 3:8 hamwe na 1 Timote 5:23.Bible ivuga ko VINO ishimisha abantu.Byisomere muli Zaburi 104:14,15.Imana iha VINO cyangwa INZOGA abantu ikunda.Nabyo bisome muli Yesaya 25:6 na Gutegeka 14:26.Mwese muribuka ko YESU yatanze Vino mu bukwe bw’i Kana.Ntabwo yatanze umutobe nkuko bamwe bahimba.Icyo imana itubuza,ni ugusinda (Abefeso 5:18).Kandi ikavuga ko “ABASINZI” batazaba mu Bwami bw’imana (1 Abakorinto 6:9,10).Aho gupfa kwemera ibyo Pastors bigisha,mujye mwiga Bible neza,kugirango mumenye UKURI,kubabohore nkuko Yesu yavuze muli Yohana 8:32.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa