skol
fortebet

Umukinnyi wa Rayon Sports wagaragaye akubita umugeri umufana wa Sunrise yemeye icyaha asaba n’imbabazi

Yanditswe: Saturday 03, Nov 2018

Sponsored Ad

skol

Gusaba imbabazi bibaye nyuma yuko Rayon Sports yatsinze Sunrise 2-1 mu mukino w’umunsi wa 3 wa Shampiyona , Azam Rwanda Premier League 2018/2019. Muri uyu mukino, Caleb Bon Fils ahawe ikarita itukura nyuma yo gukubita umugeri umufana wari winjiye mu kibuga.
Ni umukino wabaye taliki 1 Ugushyingo 2018 i Nyagatare ku kibuga Sunrise FC isanzwe yakiriraho imikino. Ubwo Ku munota wa 87 w’umukino, Bimenyimana Bonfils Caleb yahawe ikarita itukura, nyuma yo gukubita umufana wari winjiye mu kibuga. (...)

Sponsored Ad

Gusaba imbabazi bibaye nyuma yuko Rayon Sports yatsinze Sunrise 2-1 mu mukino w’umunsi wa 3 wa Shampiyona , Azam Rwanda Premier League 2018/2019. Muri uyu mukino, Caleb Bon Fils ahawe ikarita itukura nyuma yo gukubita umugeri umufana wari winjiye mu kibuga.

Ni umukino wabaye taliki 1 Ugushyingo 2018 i Nyagatare ku kibuga Sunrise FC isanzwe yakiriraho imikino. Ubwo Ku munota wa 87 w’umukino, Bimenyimana Bonfils Caleb yahawe ikarita itukura, nyuma yo gukubita umufana wari winjiye mu kibuga.

Kuri uyu wa Gatanu nibwo umukinnyi Bon Fils abicishije kurukuta rwe rwa Intagram yanditse avuga ko asaba imbabazi abafana ba Rayon Sports ndetse na ikipw akinira ubwo gukora icyaha cyo gukubita umugeri umufana wa Sunrise.

Yagize ati” Mwaramutse mwese kubyaraye bibaye n’ijoro warebye amashusho yabona ko umufana ariwe wabanje kunkubita kandi iyo aza kuba afite icyuma yari kungirira nabi [….[.] Ndasaba imbabazi.

Reba ubutumwa yashyize ku rukuta rwe rwa Instagram.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa