skol
fortebet

Umukunzi wa Berahino biteguraga kurushinga yamufashe ari kumuca inyuma

Yanditswe: Sunday 18, Feb 2018

Sponsored Ad

Umukinnyi Saido Berahino ukinira ikipe ya Stoke City yahuye n’uruva gusenya ku munsi w’abakundanye wa St Valentin kuko yafashwe n’umukunzi we Stephania Christoforou biteguraga kurushinga ari kumwe n’undi mukobwa mu nzu. Saido Berahino akomeje kugaragaza imyitwarire mibi
Uyu Stephania witeguraga kurushinga n’uyu mukinnyi wasubiye inyuma kubera imyitwarire mibi, ibyo yabonye ku munsi w’abakundana byaramubabaje ahita atangaza ko atagishakanye n’uyu musore ukomoka mu Burundi. Uyu niwe Chelsea (...)

Sponsored Ad

Umukinnyi Saido Berahino ukinira ikipe ya Stoke City yahuye n’uruva gusenya ku munsi w’abakundanye wa St Valentin kuko yafashwe n’umukunzi we Stephania Christoforou biteguraga kurushinga ari kumwe n’undi mukobwa mu nzu.

Saido Berahino akomeje kugaragaza imyitwarire mibi

Uyu Stephania witeguraga kurushinga n’uyu mukinnyi wasubiye inyuma kubera imyitwarire mibi, ibyo yabonye ku munsi w’abakundana byaramubabaje ahita atangaza ko atagishakanye n’uyu musore ukomoka mu Burundi.

Uyu niwe Chelsea wasenyeye Berahino

Saido Berahino akimara kwambika impeta y’umubano uyu Steph,yahise akururana n’umunyamideli ukomoka muri Leta zunze ubumwe z’Amerika witwa Chelsea nyuma yo kubona amafoto ye akurura abagabo kuri Instagram,birangira amwibagije uyu biteguraga kurushinga ndetse amusaba ko yaza kumusura mu Bwongereza ariko babanza kujya kuruhukira I Dubai.

Stephania witeguraga gushyingiranwa na Berahino yamufatanye igihanga

Ubwo uyu Steph yamenyaga aya makuru,yahise aza yataye umutwe niko gukomanga ku rugi rwa Berahino n’umujinya mwinshi bihuruza abantu barimo n’itangazamakuru,gusa mushiki wa Berahino yamusabye gutuza birangira yongeye gusubira mu rugo.

yakomanze urugi rwa Berahino n’umujinya mwinshi abantu barahurura

Nyuma yo gusubira mu rugo yahise atangariza abamukurikira ku rubuga rwa Facebook ko atagishyiranwe na Saido Berahino.

Ibitekerezo

  • Igiteye agahinda nuko nubundi bamaze kuryamana.Ngiyi impamvu Abakobwa badakwiye kuryamana n’abahungu bita ngo ni "boyfriend".Kubera ko isaha n’isaha,umuhungu araguta cyangwa akaguca inyuma.Byerekana ko gusambana ari ICYAHA gikomeye.Tugomba kuryamana n’uwo twateye igikumwe gusa.Abanga bagakomeza kwisambanira,igihano imana izabaha,ni ukubima ubuzima bw’iteka muli Paradizo.Mu gihe abapfuye bumvira imana izabazura ku munsi w’imperuka (Yohana 6:40),abapfuye bakora ibyo imana itubuza,ntabwo bazazuka.Ntacyo bimaze kwishimisha ukora ibyo imana itubuza.
    Ni ukutagira ubwenge bwuzuyeiyo usuzugura uwaduhaye umubiri,imwuka,ibiryo,...

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa