skol
fortebet

Umukunzi wa rutahizamu wa Manchester yifotoje yambaye ubusa

Yanditswe: Monday 18, Dec 2017

Sponsored Ad

Umukinnyi Jesse Lingard ukina nka rutahizamu mu ikipe ya Manchester United ari kuvugwa cyane mu bitangazamakuru kubera amafoto y’umukunzi we Jena Frumes yagiye hanze ndetse biravugwa ko yaje kumusura ku munsi w’isabukuru ye.
Ubwo uyu musore yizihizaga isabukuru y’imyaka 25,uyu mukobwa yashyize hanze amafoto yo kwifuriza uyu musore isabukuru nziza ndetse agaragaza n’imwe bari kumwe aho uyu mukobwa ukurikirwa n’abarenga miliyoni 2 kuri Instagram yatunguye benshi mu bakunzi b’uyu musore cyane ko (...)

Sponsored Ad

Umukinnyi Jesse Lingard ukina nka rutahizamu mu ikipe ya Manchester United ari kuvugwa cyane mu bitangazamakuru kubera amafoto y’umukunzi we Jena Frumes yagiye hanze ndetse biravugwa ko yaje kumusura ku munsi w’isabukuru ye.

Ubwo uyu musore yizihizaga isabukuru y’imyaka 25,uyu mukobwa yashyize hanze amafoto yo kwifuriza uyu musore isabukuru nziza ndetse agaragaza n’imwe bari kumwe aho uyu mukobwa ukurikirwa n’abarenga miliyoni 2 kuri Instagram yatunguye benshi mu bakunzi b’uyu musore cyane ko umubano wabo wari ubwiru.

Jesse Lingaard uri mu bihe byiza nyuma yo kwigaragaza ku mukino ikipe ye yatsinzemo Arsenal 3-1 agatsindamo 2,yahise agirirwa icyizere ndetse ahabwa umwanya ubanza mu kibuga n’umutoza Jose Mourinho.


Biravugwa ko aba bombi bamaze umwaka bakundana aho bahuriye muri USA ubwo ikipe ya Manchester United yahakoreraga imyiteguro ya shampiyona.

Dusingizimana Remmy

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa