skol
fortebet

Umunyamideli w’ikizungerezi yababajwe n’uko yahuye na Cristiano Ronaldo ntibakorane imibonano mpuzabitsina [AMAFOTO]

Yanditswe: Friday 15, Mar 2019

Sponsored Ad

Umunyamideli w’uburanga ukomoka muri Venezuela witwa Alexandra Mendez yashyize hanze ubutumwa yohererejwe na Cristiano Ronaldo amubwira ko azasoma ikibuno cye natsinda igitego ubwo yari agikina muri Real Madrid bahura ntibakorane imibonano mpuzabitsina.

Sponsored Ad

Uyu Alexandra Mendez yabwiye iyi Peruvian TV ko Cristiano Ronaldo yamwinginze ngo amuhe nimero ye yo kuri Whatsapp mu butumwa yamwoherereje kuri Instagram arabikora ariko nyuma yo guhura ngo nta kintu na kimwe bakoze.

Alexandra Mendez yavuze ko Cristiano Ronaldo yamuhaye intego ko natsinda igitego bazahura akasoma ku kibuno mu kiganiro yahaye Peruvian TV ,ariko ngo ntacyo bakoze nyuma ubwo bahuraga intego yamuhaye yayesheje.

Mendez yavuze ko hashize imyaka 3 aganiriye na Cristiano Ronaldo kuri Whatsapp ndetse bari bemeranyije ko bazasohokana mu mpeshyi ya 2016 birangira yihuriye na Georgina Rodriguez.

Yagize ati “Hashize imyaka igera kuri 3.Ndatekereza ko muri iyo mpeshyi aribwo yahuye na Georgina Rodriguez ahita anyibagirwa.Ninjye twari gukundana.”

Mendez yavuze ko yagiye gushaka Cristiano Ronaldo nyuma y’umwe mu mikino ya Real Madrid ariko nta gikorwa cy’urukundo bigeze bakorana.







Ibitekerezo

  • Iyi si koko iragana he?Ni gute umuntu ababazwa no kudakora ibyo Imana itubuza??? Aba STARS n’inkumi,wagirango ni itegeko.Biraborohera kuko abakobwa benshi bakeka ko umu STAR aba ari umuntu udasanzwe.Bigatuma abakobwa bishyira abahungu,bakaryamana.Nubwo benshi mubyita ngo" bari mu rukundo",ntabwo ari byo kuko iyo amaze kuguhaga,araguta agafata undi.Ibyo se nibyo mwita urukundo?Ikirenze ibyo,bibabaza imana yacu itubuza gusambana.Yaduhaye sex kugirango twishimane gusa n’umuntu tuzarongorana officially.Soma Imigani 5,imirongo 15-20.Abantu bose bakora ibyo imana itubuza,ntabwo bazaba muli paradizo nkuko 1 Abakorinto 6,imirongo ya 9 na 10 havuga.Ntacyo bimaze kwishimisha mu nkumi,hanyuma mwembi mukazabura ubuzima bw’iteka muli paradizo.Abantu bumvira imana,nubwo nabo bapfa,bazazuka ku munsi w’imperuka.Byisomere muli Yohana 6:40.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa