skol
fortebet

NTIBISANZWE!Umusore yogosha abantu mu mutwe akabashyiriramo ishusho ya Messi cyangwa Cristiano mu gikombe cy’isi[AMAFOTO]

Yanditswe: Thursday 14, Jun 2018

Sponsored Ad

skol

Mario yavuye mu gihugu cya Serbia yerekeza mu Burusiya kugirango ajye yogosha abantu mu mutwe abashyiriremo ishusho ya Messi cyangwa Christiano akishyurwa amayero £130.

Sponsored Ad

Mario Hvala umwogoshi kabuhariwe wo mu gihugu cya Serbia nyuma yo kugenda yerekana ibitangaza bitandukanye mu mwuga we wo kogosha kuri ubu yazanye agashya mu gikombe cy’isi ko kuzaza yogosha abantu ajashyira mu mutwe ishusho y’abakinnyi b’ibyamamare.

Mario Hvala wo mu gihugu cya seribiya kuri ubu arasaba abakiriya kumugana kuko yazanye agashya kadasanzwe muri iki gihe imikino yigikombe k’isi irimbanyije aho ari gutanga amahirwe yo gushushanya isura ya Messi cyangwa Christiano Ronaldo mumutwe w’umukiriya.

Uyu mwogoshi umaze kubigira umwuga dore o atari ubwambere yaba agiye gushyira isura y’umuntu mu mutwe w’umukiriya dore ko yagiye abikora kubantu benshi batandukanye ndetse kuri ubu akaba yatanze amahirwe kubantu bifuza ko yabashyira isura ya Cristiano Ronaldo cyangwa Messi mu mutwe.

Mario Hvala akaba yatangaje ko umuntu wifuza ko yamushyira mu mutwe isura ya Lionel Messi muri iki gihe cy’igikombe cy’isi agomba kwishyura angana namayero 130 (£130 ).

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa