skol
fortebet

Uwahoze akinira Liverpool agiye gukina filimi z’urukozasoni

Yanditswe: Saturday 10, Feb 2018

Sponsored Ad

Umukinnyi Jermaine Pennant wakiniye amakipe atandukanye arimo akomeye nka Liverpool na Arsenal yagaragaye mu birori byo kwamamaza filimi z’urukozasoni aho we n’umugore we biteguye kwinjira mu mwuga wo gukina izi filimi.
Pennant n’umugore we Alice
Uyu mugabo yagaragaye muri ibi birori byitabirwa n’abakinnyi benshi ba filimi z’urukozasoni ndetse bamwe bifata amashusho bari gukora imibonano mpuzabitsina.
Alice washakanye na Pennant akina filimi z’urukozasoni
Pennant yagaragaye ari muri aya (...)

Sponsored Ad

Umukinnyi Jermaine Pennant wakiniye amakipe atandukanye arimo akomeye nka Liverpool na Arsenal yagaragaye mu birori byo kwamamaza filimi z’urukozasoni aho we n’umugore we biteguye kwinjira mu mwuga wo gukina izi filimi.

Pennant n’umugore we Alice

Uyu mugabo yagaragaye muri ibi birori byitabirwa n’abakinnyi benshi ba filimi z’urukozasoni ndetse bamwe bifata amashusho bari gukora imibonano mpuzabitsina.

Alice washakanye na Pennant akina filimi z’urukozasoni

Pennant yagaragaye ari muri aya mafilimi ndetse biravugwa ko asiye kwinjira muri uyu mwuga nyuma yo kunanirwa umupira cyane ko umugore we ari inzobera mu gukina izi filimi z’urukozasoni.

Pennantw’imyaka 35 yashakanye n’umugore we witwa Alice Goodwin w’imyaka 32 mu mwaka wa 2014 nyuma yo gutandukana n’uwahoze ari umugore we bari bafitanye umwana w’umuhungu.

Muri ibi birori byo kwamamaza filimi z’urukozasoni,umuntu yishyura amapawundi 6 ku munota kugira ngo abashe kugaragara muri video imwe ya filimi y’urukozasoni.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa