Yatangaje abantu kubera amafoto yashyize hanze afashe ikiyoka kinini
Yanditswe: Thursday 08, Feb 2018
Umugabo witwa Lockie Gilding yatunguye benshi mu bamukurikirana kuri Facebook ubwo yashyiraga hanze amafoto afashe ikiyoka kinini cyari cyihishe mu kirundo cy’ibishingwe.
Amafoto y’uyu mugabo utuye muri Australia,yagiye acicikana hirya no hino kubera ukuntu yavumbuye iki kiyoka aho cyari cyihishe mu bishingwe,yarangiza akagifata n’amagi yacyo akabyimurira mu kandi gace.
Benshi mu bakurikirana uyu mugabo kuri Facebook bibajije ukuntu uyu mugabo yavumbuye aho iyi nzoka yari yihishe cyane ko (...)
Umugabo witwa Lockie Gilding yatunguye benshi mu bamukurikirana kuri Facebook ubwo yashyiraga hanze amafoto afashe ikiyoka kinini cyari cyihishe mu kirundo cy’ibishingwe.
Amafoto y’uyu mugabo utuye muri Australia,yagiye acicikana hirya no hino kubera ukuntu yavumbuye iki kiyoka aho cyari cyihishe mu bishingwe,yarangiza akagifata n’amagi yacyo akabyimurira mu kandi gace.
Benshi mu bakurikirana uyu mugabo kuri Facebook bibajije ukuntu uyu mugabo yavumbuye aho iyi nzoka yari yihishe cyane ko ari mu bishingwe byinshi gusa yaje gushyira hanze amashusho agaragaza ubwihisho bw’iyi nzoka ndetse n’amagi yateye.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *