skol
fortebet

Abanyamideli batunguye benshi kubera imyambarire mishya igaragaza imyanya y’ibanga bagaragaje [Amafoto]

Yanditswe: Sunday 25, Feb 2018

Sponsored Ad

skol

Abanyamideli batunguye benshi mu bababonye kubera imyambarire bagaragaje I new York muri Leta zunze ubumwe z’Amerika bambaye utuntu duhishe imyanya yabo y’ibanga.
Aba banyamideli bari bambaye utuntu duheshe imyanya yabo y’ibanga twatunguye benshi ndetse amafoto yabo yakwiriye hose aho bamwe babanenze bavuga ko ntaho bitaniye no kwambara ubusa mu ruhame.
Iyi myambarire yakozwe n’uwitwa Kaimin yanenzwe n’abatari bake aho aba bakobwa uretse utu tuntu twari duhishe imyanya yabo y’ibanga,bari (...)

Sponsored Ad

Abanyamideli batunguye benshi mu bababonye kubera imyambarire bagaragaje I new York muri Leta zunze ubumwe z’Amerika bambaye utuntu duhishe imyanya yabo y’ibanga.

Aba banyamideli bari bambaye utuntu duheshe imyanya yabo y’ibanga twatunguye benshi ndetse amafoto yabo yakwiriye hose aho bamwe babanenze bavuga ko ntaho bitaniye no kwambara ubusa mu ruhame.

Iyi myambarire yakozwe n’uwitwa Kaimin yanenzwe n’abatari bake aho aba bakobwa uretse utu tuntu twari duhishe imyanya yabo y’ibanga,bari bafite imisatsi itangaje cyane.

Iyi myambarire bivugwa ko yatangiye kwambarwa n’indaya mu mwaka wa 1600 aho ngo bayambaraga bagaragaza ko bisukuye imyanya y’ibanga.

Ibitekerezo

  • This is satanic.Abanyamideli (fashion models cyangwa Mannequins),niko bose bamera.Banika ibibero,amabere na sex kugirango bakurure abantu.Ni itegeko.Ikibabaje nuko na Miss Rwanda 2014,Akiwacu Lacolombe,nawe ariko kazi akora muli France.Nyamara Nyampinga bivuga umukobwa ntagarugero mu muco mwiza wa Kinyarwanda.Ntabwo imana yaduhaye umubiri kugirango tuwucuruze kubera gushaka amafaranga.Niyo watunga amafaranga menshi ugakira cyane,ntabwo byakubuza kurwara,gusaza cyangwa gupfa,ukajya mu gitaka ntuzazuke.Ariko abantu bose bakora ibyo imana idusaba,imana izabazura ku munsi w’imperuka,ibahe ubuzima bw’iteka muli paradizo.Byisomere muli Yohana 6:40.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa