Umuraperi Hakizimana Amani wamamaye nka Ama G The Blacy yasabye anakwa umukunzi we Uwase Liliane bamaranye umwaka mu rukundo.Uyu muhango wabereye mu Ntara y’Amajyepfo mu karere ka Kamonyi ahazwi nko ku Ruyenzi, kuri Chris Guest House.
Ibirori byo gusezerana imbere y’amategeko byari byarabereye mu Murenge wa Runda mu Karere ka Kamonyi ku wa Gatanu tariki ya 15 Ukuboza 2017.Umuhango wo gusaba no gukwa watangiye ahagana saa tanu za mu gitondo mu gihe byari biteganyijwe ko bigomba gutangira saa (...)
Umuraperi Hakizimana Amani wamamaye nka Ama G The Blacy yasabye anakwa umukunzi we Uwase Liliane bamaranye umwaka mu rukundo.Uyu muhango wabereye mu Ntara y’Amajyepfo mu karere ka Kamonyi ahazwi nko ku Ruyenzi, kuri Chris Guest House.
Ibirori byo gusezerana imbere y’amategeko byari byarabereye mu Murenge wa Runda mu Karere ka Kamonyi ku wa Gatanu tariki ya 15 Ukuboza 2017.Umuhango wo gusaba no gukwa watangiye ahagana saa tanu za mu gitondo mu gihe byari biteganyijwe ko bigomba gutangira saa tatu za mu gitondo.
Uyu muraperi yari agaragiwe na Parrain we,Mike Karangwa ku ruhande rw’umugore we Marraine yari Umuhanzikazi Aline Gahongayire.Abahanzinyarwanda baherekeje Ama G The Black barimo Social Mula, Young Grace, Senderi Hit na Danny Nanone
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *