Amafoto atandukanye yiriwe avugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga
Yanditswe: Sunday 11, Mar 2018
Uyu mu nsimu mafoto yakunzwe ku mbuga nkoranyambaga harimo ay’ umukino wahuje Machester United na Liverpool n’ abantu bagiye bifotoza mu buryo budasanzwe
Umukino wahuje ikipe ya Liverpool ndetse n’ Manchester United waje kurangira ikipe ya Manchester Unite itsinze ikipe ya Liverpool ibitego 2 kuri 1.Umukino warutegerejwe n’ imbaga y’ abafana benshi ndetse washimishije benshi nubwo ikipe ya Liverpool umukino warangiye yimyiza imuso.
Umuhanzi Diamond yakoze agashya mu gitaramo ubwo abakobwa bo (...)
Uyu mu nsimu mafoto yakunzwe ku mbuga nkoranyambaga harimo ay’ umukino wahuje Machester United na Liverpool n’ abantu bagiye bifotoza mu buryo budasanzwe
Umukino wahuje ikipe ya Liverpool ndetse n’ Manchester United waje kurangira ikipe ya Manchester Unite itsinze ikipe ya Liverpool ibitego 2 kuri 1.Umukino warutegerejwe n’ imbaga y’ abafana benshi ndetse washimishije benshi nubwo ikipe ya Liverpool umukino warangiye yimyiza imuso.
Umuhanzi Diamond yakoze agashya mu gitaramo ubwo abakobwa bo muri Kenya bamuzungurizaga ikibuno mu buryo budasanzwe.
Umubyinnyi w’ umuhanzikazi Cindy Sanyu ukomoka muri Uganda yakojejwe isoni n’ impenure yaje yambaye ku rubyiniro kubera ubugufi bwayo bikarangira yambaye ubusa imbere y’ imbaga y’ abantu bari baje kureba abanyarwenya muri Comedy Store.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *