skol
fortebet

AMAFOTO utabonye mu bukwe bwa Pilote Mbabazi n’umunyamuziki

Yanditswe: Sunday 17, Sep 2017

Sponsored Ad

Umunyarwandakazi watwaye indege bwa mbere , Esther Mbabazi yarushinganye n’umunyamuziki, Habiyaremye Olivier uririmba mu itsinda rya Beauty For Ashes; kuri uyu wa gatandatu tariki ya 16 Nzeri 2017.
Ni ubukwe butitabiriwe n’abantu benshi, nk’uko bigaragara ku mafoto bwarimo imiryango n’inshuti zabo za hafi gusa Ubukwe bwa Olivier Habiyaremye na Esther Mbabazi bwabereye mu gihugu cya Kenya kuri Lantana Galu Beach hotel mu gace kitwa Diani i Mombasa yitwa Lantana Galu Beach iherereye mu (...)

Sponsored Ad

Umunyarwandakazi watwaye indege bwa mbere , Esther Mbabazi yarushinganye n’umunyamuziki, Habiyaremye Olivier uririmba mu itsinda rya Beauty For Ashes; kuri uyu wa gatandatu tariki ya 16 Nzeri 2017.

Ni ubukwe butitabiriwe n’abantu benshi, nk’uko bigaragara ku mafoto bwarimo imiryango n’inshuti zabo za hafi gusa


Ubukwe bwa Olivier Habiyaremye na Esther Mbabazi bwabereye mu gihugu cya Kenya kuri Lantana Galu Beach hotel mu gace kitwa Diani i Mombasa yitwa Lantana Galu Beach iherereye mu bilometero 30 mu Majyepfo y’Umujyi wa Mombasa ukora ku Nyanja y’u Buhinde.



Olivier Habiyaremye na Esther Mbabazi basezeranye imbere y’Imana nyuma y’iminsi 6 basezeranye imbere y’amategeko ya Leta y’u Rwanda mu muhango wabaye tariki 10 Nzeri 2017.


Olivier na Esther barebana akana mu jisho,..


Esther Mbabazi ni mukuru wa Miss Kwizera Peace igisonga cya mbere cya Miss Rwanda 2016, bombi bakaba abakobwa ba Nyakwigendera Pastor David Ndaruhutse washinze Itorero Vivante mu Rwanda no mu Burundi.


Ubukwe bwitabiriwe n’Aba barimo Miss Cynthia Akazuba, wabaye Nyampinga wa Kigali akanegukana ikamba rya Miss East Africa; Akanyana Charon wabaye Nyampinga wa Kaminuza y’u Rwanda wa mbere nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi; Pasiteri Edmond na Faith Kivuye; Miss Peace Kwizera, umuvandimwe wa Pilote Esther Mbabazi na Akacu Lynca wabaye igisonga cya kabiri cya Nyampinga w’u Rwanda mu 2015 n’abandi.
AMAFOTO Y’UBUKWE: RWANDA NZIZA

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa