skol
fortebet

Amafoto y’ubusambanyi bwakozwe n’umwalimu muri kaminuza ya Makerere yashyizwe ku karubanda n’umukobwa yasambanyije[AMAFOTO]

Yanditswe: Wednesday 18, Apr 2018

Sponsored Ad

skol

- Amafoto y’ubusambanyi bwakozwe n’umwarimu muri kaminuza ya Makerere bwashyizwe ku karubanda n’umukobwa yasambanyije
- Ubusambanyi bwakozwe n’umwarimu muri kaminuza ya Makerere bwashyizwe ku karubanda
- Umwarimu wa Makerere University yatamajwe n’amafoto yashyizwe hanze n’umunyeshuri yasambanyirije mu biro

Sponsored Ad

Mu gihugu cya Uganda, muri kaminuza ya Makere, haravugwa inkuru yabiciye bigacika kubera amafoto y’umunyeshuri wasambanyijwe n’umwarimu wo muri iyi kaminuza, ubwo yageraga mu biro aje gufata ibyangombwa bye birimo n’indangamanota.

Uyu mwarimu witwa Kisuze Edward ibi bintu bikaba byatumye atabwa muri yombi, yahatirije umukobwa witwa Njoro Racheal ko bakora imibonanompuzabitsina, umukobwa abonye ntahandi aramucikira aremera gusa yifotora (selfie) uyu mugabo atabizi ubwo umutwe we yari yawushyize mu maguru y’umukobwa nk’uko bigaragara.

Bitewe rero n’aya mafoto uyu mukobwa yashyize hanze abinyujije ku rukuta rwe rwa Facebook, abantu benshi bayabonye cyane cyane ababyeyi, bose bifashe impungenge, kubwo kubona amahano nk’ayo akorwa n’abo bazi ho ubunararibonye/ intiti cyangwa se b’abanyabwenge kugeza aho umukobwa urangije kwiga kaminuza asambanyirizwa mu biro izuba riva.

Njoro Racheal yarangirije muri Makerere University uyu mwaka, 2018, aha yari yambaye igikanzu

Nkuko amakuru dukesha ikinyamakuru cyo muri Kenya abisobanura, kugirango uyu mugabo afatishe uyu mukobwa, yamubwiyeko azamufasha kubona akazi mu bijyanye n’amasomo yahawe ari nabyo ahanini byatumye aza gufata ibyangombwa ari wenyine.

Uyu mukobwa yarangije kwiga muri iri shuri rya kaminuza ya Makerere uyu mwaka mu kwezi kwa mbere; ni ho yambaye ikanzu (graduation), kuri iyi nshuro rero yasambanyijwe n’uyu mwarimu, ubwo yari aje gutora ibyangombwa bye birimo n’indangamanota (Transcript), gusa byamwanze munda ahitamo kwandagaza uyu mugabo na we atiretse ashyira iyi foto kuri Facebook.

Ibitekerezo

  • ubwo wasanga atamwishyuye. Ibyo gufatirwa ku ngufu mu biro urangije Kaminuza byo ndabihakanye rwose. None se ubundi yafashe ifoto ryari? Ahubwo byamuguye neza, nibamwishyure servise yabahaye.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa