skol
fortebet

Amafoto y’umuhanzikazi Nyarwanda ufite imiterere idasanzwe yavugishije benshi

Yanditswe: Friday 28, Jul 2017

Sponsored Ad

skol

Keza Rowland uzwi ku izina rya Meek Rowland umukobwa w’Umunyarwandakazi ubarizwa muri Amerika mu Mugi wa Atlanta,yashyize hanze amafoto yatumye abantu benshi bongera gutangarira imiterere ye.
Ubwo Keza yashyiraga hanze amafoto ye yiteye igitenge gusa gisa n’ikibonerana ndetse amatako ye agaragara,byatumye abantu benshi bavugishwa amangambure, cyane cyane ariko ab’igitsina gabo aho bagiye bagaragaza amarangamutima adasanzwe batewe n’aya mafoto, ndetse bamwe ari nako batangarira imiterere ye. (...)

Sponsored Ad

Keza Rowland uzwi ku izina rya Meek Rowland umukobwa w’Umunyarwandakazi ubarizwa muri Amerika mu Mugi wa Atlanta,yashyize hanze amafoto yatumye abantu benshi bongera gutangarira imiterere ye.

Ubwo Keza yashyiraga hanze amafoto ye yiteye igitenge gusa gisa n’ikibonerana ndetse amatako ye agaragara,byatumye abantu benshi bavugishwa amangambure, cyane cyane ariko ab’igitsina gabo aho bagiye bagaragaza amarangamutima adasanzwe batewe n’aya mafoto, ndetse bamwe ari nako batangarira imiterere ye.


Iyi Foto yavugishije abantu benshi n’ibitaringobwa bitewe nuko bamwe yabateye ibyiyumviro bidasanzwe

Uyu mukobwa uheruka kwinjira mu ruhando rw’umuziki nyarwanda, avuga ko azaba ari mu Rwanda ku itariki ya 1 Mutarama 2018 aho azaba aje gusangira ubunane n’umuryango we.


Meek Rowland avuga ko aje mu Rwanda nyuma y’imyaka 11 atarahakandagira

Kanda hano urebe amashusho y’indirimbo Meek yise ‘Amazing’:

Ibitekerezo

  • nkiyi nkuru kweri iba itumsriye ikiiiii? y

    ngo umukobwa yabaye umudamu se koa fite bana niba atari 2 ari 3 ntamukobwa uraho

    Rwose uyu mukobwa cg umu mama ni mwiza ariko yambaye Nabi, iyi nkuru ntacyo idufashije

    ibibashimisha Nibyo bimbabaza

    Vremant arashoye big up sana

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa