skol
fortebet

Amafoto ya filimi ya mbere y’urukozasoni muri Kenya yashyizwe ahagaragara[AMAFOTO]

Yanditswe: Friday 24, Aug 2018

Sponsored Ad

skol

Mu gihe benshi muri Kenya bari bategerezanyije amashyushyu menshi filimi ya mbere y’urukozasoni muri icyo gihugu yakinwe n’Abanyakenya,ubu hakomeje gukwirakwizwa amafoto agaragaraza aho imitegurirwe y’iyi filimi yiswe “House of Lungula” yari imeze.

Sponsored Ad

Ian Mbugua, umwe mu bakunze kuba mu bagize akanama nkemurampaka mu irushanwa Tusker Project Fame, n’umukinnyi wa filimi w’umunyakenya Lizz Njagah, ni bo bakinnyi b’ibanze muri iyo filimi igaragaza imico y’Abanyakenya mu birebana n’imibonano mpuzabitsina, aho byari biteganyijwe ko aba bombi hamwe n’abandi bayigaragaramo bagaragaza ubwambure bwabo bwose uko bwakabaye.

Bikomeje kuvugwa ko ari ubwa mbere filimi nk’iyi y’urukozasoni yari ishyizwe ahagaragara muri aka karere k’Afurika y’uburasirazuba, benshi kuri ubu bakaba bemeza ko ishobora kuba yarafunguriye inzira benshi, kuburyo habayeho gutinyuka kwa bamwe bagakora filimi nk’izi ku bwinshi.

Amwe mu mafoto agaragaza aho imikinirwe y’iyi filimi:


Abo bikohoye ni bamwe mu bakinnyi bo muri iyi filimi



Abakobwa bari babukereye bambaye utwenda duto mbere y’uko rwambikana bakina iyi filimi


Ian Mbugua kizigenza muri "House of Mbugua", hano afashe ikinyamakuru kivuga kuri iyi filimi y’urukozasoni


Lizz Njagah na Ian Mbugua

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa