skol
fortebet

Amafoto yaciye ibintu: Benshi batunguwe n’imyambarire y’abakobwa bagaragaye mu gitaramo cya M’bilia Bel

Yanditswe: Saturday 08, Dec 2018

Sponsored Ad

skol

Mu ijoro ryashize bamwe mu bakobwa bitabiriye igitaramo cya Mbilia Bel bagaragaje ko baje biteguye kubyina injyana ya Lumba na Kizombe.

Sponsored Ad

Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 7 Ukuboza 2018 ,nibwo byari umuhanzikazi M’bilia Bel ari bukore igitaramo muri Camp Kigali ,Igitaramo cyaranzwe n’udushya twinshi ugereranyije n’ibindi bitaramo kuko buri muntu wese wahagaragaye yarafite agashya ke yihariyeho.

Bamwe mu bakobwa bahasohokeye baranzwe n’imyambarie ibarekuye ndetse ubona ko ijyanye n’ nuko izo ndirimbo zabyinwaga bambaye aho benshi mu bakitabiriye ari abakoresha ururimi rw’igifaransa ndetse n’igiswahili.

Sibyo gusa nanone cyaranzwe n’imbyino no kwirekura ku bantu bose aho Mbilia Bel yasabye abagabo n’abagore basohokanye ko bajya juru bagacinya umudiho.

REBA AMAFOTO AGARAGAZA UDUSHYA TWAHAGARAGAYE:














Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa