skol
fortebet

Amafoto Yaciye Ibintu:Ifoto ya ShaddyBoo yambaye ikariso gusa umusore amuri inyuma igitsina cye cyahagaze yahungabanyije imbuga nkoranyambaga

Yanditswe: Monday 14, Jan 2019

Sponsored Ad

skol

Shaddy Boo umubyeyi w’abana babiri b’abakobwa umaze kumenyekana cyane kubera gukoresha imbuga nkoranyambaga zitandukanye,mu cyumweru gishize nibwo yashyize hanze amafoto yambaye Bikini gusa bivugisha abatari bake,ubu noneho yashyize hanze indi foto ari kumwe n’umusore bifotozanyije ihungabanya imbuga nkoranyambaga.

Sponsored Ad

ShaddyBoo ubwo aheruka gushyira hanze amafoto ye yambaye Bikini bikavugisha abatari bake,nyuma nawe yaje kubikoma ndetse anavuga ko aribyo abantu bakunda bitewe n’abantu yerekanye bari bamaze kubika ayo mafoto banyuze ku rubuga rwa SnapChat.

ShaddyBoo yagize ati "Screenshot 167 ku ifoto yanjye nambaye Bikini none muri kumbwira ngo ntago niyubaha? Mugomba kwemera ko aribyo mukunda kuko iyo nshyizeho ifoto yanjye nambaye imyenda ya Hijab (Imyenda y’abagore mu idini ya Islam) nta numwe ugira icyo avuga.. abantu barasekeje rimwe na rimwe”.

Nyuma y’ibi byose ku mbuga nkoranyambaga nka Instagram hagaragaye indi Foto n’ubundi yafotorewe umunsi umwe n’amafoto yifotoje akavugisha abatari bake,noneho ari kumwe n’umusore amuri inyuma igitsina cye cyafashe umurego,ibintu byavugishije abantu amagambo menshi adasanzwe.

Iyi niyo Foto ya ShaddyBoo n’umusore utabashije kumenyekana yavugishije abantu benshi

Mu magambo yavuzwe kuri iyi foto harimo abavuze ko aribyo bigaragaza umuntu muzima ugifite amaraso akora neza,ndetse abandi bavuga ko nabo bahagaze inyuma ya ShaddyBoo yambaye kuriya nta kabuza nabo byababaho igitsina cyikaba cyahaguruka,hari n’abatatinye kwibaza ko byibura atari hariya byagarukiye baba bahise banjya kureba ukundi bakemura ikibazo ShaddyBoo yari yamuteye.

MU BITEKEREZO BITARI BIKE BYATANZWE KURI IYI FOTO TWABAHITIYEMO KUBEREKA BIMWE MURI BYO HASI URABIBONA:





Ibitekerezo

  • Ariko aba ba STARS bajye bibuka ko Imana itaduhaye ubwiza n’ubuto (youth) kugirango twiyandarike.Abakobwa benshi bakeka ko kwambara ubusa bibaha agaciro.Ntabwo bazi ko bigira opposite effect (effet inverse) kuko bituma abagabo babifuza kugirango baryamane.Ntabwo ari byiza kwanika ibibuno,amabere,ibibero,sex imana yaguhaye.Yabiguhaye kugirango uzabihe umuntu umwe gusa muzabana biciye mu mategeko.Abantu banga kumvira imana izabakura mu isi ku Munsi w’Imperuka.Bisome muli Imigani 2,imirongo ya 21,22.Impamvu imana yatinze kuzana IMPERUKA,nuko ishaka ko abantu bose bahinduka,bakava mu byaha no gushaka ibyisi gusa.Bisome muli 2 Petero 3:9.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa