Amafoto yaciye ibintu :Umukobwa yabyinnye kugera yiyambitse ubusa mu kabyiniro
Yanditswe: Wednesday 09, May 2018
Mu mafoto yaciye ibintu turasangamo umugore yakoze ubukwe nta mugabo bari kumwe , Rihanna yagaragaye yambaye ingofero nk’ iya PAPA n’ inkanzu y’ impenure , amafoto atandukanye yaciye ibintu ku mbuga za interinet, umukobwa wabyinnye kugera yiyambitse ubusa mu kabyiniro.
Umukobwa w’imyaka 40 witwa Laura Mesi uvuka mu gihugu cy’Ubutaliyani, yakoze ubukwe bw’akataraboneka wenyine nta mufasha, abukorera ahitwa Lissone.
Mu kabyiniro kamwe ka Nigeria mu gitaramo cyari kirimo Davido umukobwa yabyinnye yambaye ubusa kugera ubwo bamusutseho amafaranga .
Reba amafoto atandukanye yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga
Rihanna yagaragaye yambaye ingofero nk’ iya PAPA n’ inkanzu y’ impenure
Mu gitaramo cya The ben muri Uganda cyagaragayemo udushya tudasanzwe .
Zodwa wabntu yasomanye n’abafana be mu gitaramo rwagati.
umusore yandagaje umukunzi we ashyira amafoto ye hanze yambaye ubusa nyuma yuko amusabye miriyoni 1 y’amashiringi akayabura
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *