skol
fortebet

Amafoto yaciye ibintu: Umuryango nyuma y’igihe kinini nta rubyaro bibarutse umwana usa na Pasiteri wabasengeye

Yanditswe: Wednesday 23, May 2018

Sponsored Ad

skol

Mu mafoto yaciye ibintu kuri interinete turasangamo umuryango wabyaye umwana usa na Pasiteri wabasengeye , amafoto agaragaza ubwambure bwa Kim yashyize hanze , Umuhanzi Peace bamuteye Gapapu bamutwara umukunzi ,amafoto yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga , abakundana bagufi kurusha abandi ku isi bakomeje kuryoherwa n’ urukundo n’andi mafoto.

Sponsored Ad

Mu gihugu cya Ghana umuryango uri mu byishimo bidasanzwe nyuma y’ igihe kinini barabuze urubyaro gusa kuri ubu bakaba barabyaye umwana kuri ubu akaba ari gukura usa na Pasiteri wabasengeeye kugirango bazabyare mu gihe bo babifata nk’umugisha abandi akavuga ko Pasiteri ashobora kuba yarihaye akabyizi mu ibanga.

Umunyamidelikazi kim kardashian yashyize hanze ifoto yambaye nkuko yavutse.



Reba amwe mu mafoto atandukanye yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye zirimo Facebook ndetse na Instagram .







Katyucia Hoshino na Paulo Gabriel da Silva Barros umugore ndetse n’umugabo bagufi ku isi bakomeje kwishimira urukundo rwabo aho kuri ubu basigaye basohoka bakajya kurya ubuzima mu rwego rwego rwo kwishimira imyaka ibiri bamaze bakoze ubukwe.


Umuhanzi Emmy biravugwa ko yateye gapapu mugenzi we Peace akamutwara uwari umukunzi we mu ibanga.


Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa