skol
fortebet

Asinah ngo yabonye umuzungu ugiye kumuhoza amarira yatewe na Riderman

Yanditswe: Thursday 09, Aug 2018

Sponsored Ad

skol

Asinah yatangaje ko kuri ubu afite umukunzi w’umuzungu utuye ibwota masimbi.

Sponsored Ad

Hashize iminsi umuhanzikazi Asinah avuga ko kuri ubu arajwe ishinga no gushyira imbaraga nyinshi mu muziki we mu cyimbo cyo kba yakongera kwinjira mu rukundo cyane , aho yavugaga ko mu gihe cyose aba agiye hanze akenshi aba agiye mu kiruhuko ndetse no kureba tumwe mu duce nyaburanga yafatiramo amashusho y’indirimbo ze.

Kuri uyu wa Gatatu ubwo yatubwirwaga mu kiganiro kuri Radio Voice of Africa yabajijwe niba afite umukunzi avuga ko ari umuzungu atemerewe gusa atemerewe kuvuga izina rye ndetse agaca amarenga ko atuye hanze y’u Rwanda.

Urukundo rwa Asinah ndetse n’umuzungu uba hanze y’u Rwanda ruje nyuma yuko uyu mukobwa yakundanye n’umuhanzi Riderman gusa bakaza gutandukana ku mpamvu zabo bwite zitaramenyekana kugera magingo aya .

REBA AMASHUSHO:

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa