skol
fortebet

Beyonce na Jay Z bongeye kuvugisha benshi kubera amafoto bashyize hanze [AMAFOTO]

Yanditswe: Monday 29, Jul 2019

Sponsored Ad

Ibyamamare mu muziki wa USA Beyonce n’umugabo we Jay Z, bakomeje kubaka izina mu rukundo ndetse n’ubufatanye nk’umugabo n’umugore nyuma y’imyaka myinshi bamaze babana.

Sponsored Ad

Aba bahanzi bamaze igihe bakorana ibyerekeye umuziki yaba mu bitaramo ndetse no gushyira hanze indirimbo bari kumwe,bakomeje kuvugisha benshi mu bakunzi babo kubera amafoto bashyize hanze ubwo baheruka gusohokana.

Shawn Carter uzwi nka Jay-Z ni umwe mu baraperi bafite impano ikomeye ndetse amaze imyaka myinshi ahagaze neza mu byerekeye ubucuruzi n’ubundi bushabitsi butandukanye.

Mu minsi ishize,Beyonce yashyize hanze umuzingo w’indirimbo [Album] yavuze ko yatuye umugabane wa Afurika yise The Lion King uriho indirimbo yafatanyije n’abahanzi bo muri Afurika gusa barimo Abanya Nigeria 6,umunya Ghana umwe n’abanya Afurika y’Epfo 2.



Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa