skol
fortebet

BIRAVUGWA: Umugore wa Safi aratwite

Yanditswe: Tuesday 13, Mar 2018

Sponsored Ad

skol

Umuhanzi Safi yatangaje ko ibijyanye nuko umugore we atwite bazagenda babibona cyangwa babimenyeshwa.
Safi Madiba wamaze gusezera mu itsinda rya Urban Boys akiyemeza gukora umuziki ku giti cye ubwo yatumirwaga mu kiganiro Samedi Detante ubusanzwe gihita kuri Radio Rwanda yabajijwe byinshi bijyanye na muzika ,Mu Kiganiro hagati umufana we yaje kumubaza niba umugore we atari yabyara amusubiza ko bazabyibonera cyangwa bazabimenyeshwa.
Yagize ati “ turacyari muri Procedure y’ ibijyanye n’ (...)

Sponsored Ad

Umuhanzi Safi yatangaje ko ibijyanye nuko umugore we atwite bazagenda babibona cyangwa babimenyeshwa.

Safi Madiba wamaze gusezera mu itsinda rya Urban Boys akiyemeza gukora umuziki ku giti cye ubwo yatumirwaga mu kiganiro Samedi Detante ubusanzwe gihita kuri Radio Rwanda yabajijwe byinshi bijyanye na muzika ,Mu Kiganiro hagati umufana we yaje kumubaza niba umugore we atari yabyara amusubiza ko bazabyibonera cyangwa bazabimenyeshwa.

Yagize ati “ turacyari muri Procedure y’ ibijyanye n’ ubukwe ibindi rero bazajyenda babimenyeshwa nako bazajyenda babibona kandi iyo umuntu yabyaye mpita Postinga.

Twakwibutsa ko taliki 1 Ukwakira 2017 umuhanzi Safi Madiba wo mu itsinda rya Urban Boys aribwo yakoze ubukwe n’umufasha we Niyonizeye Judith basezeranye mu mategeko ndetse bakora imihango itandukanye y’ ubukwe nko gusaba no gukwa , ako kuri ubu babana nk’ umugabo n’ umugore.

Ibitekerezo

  • Muri ibigoryi gusa

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa