Bitewe n’uburyo Nick Minaj akunda imibonano mpuzabitsina yavuze inshuro ayikora mu ijoro rimwe zitangaza abantu benshi[AMAFOTO]
Yanditswe: Monday 07, Jan 2019
Burya hari abantu batandukanye bagaragaza amarangamutima yabo ku kintu runaka, ni kenshi umuhanzikazi Nick Minaj avuga ko umukunzi we mushya, Kenneth Petty bakora imibonano mpuzabitsina inshuro ziri hagati y’eshatu n’enye mu ijoro rimwe.
Umubare w’inshuro Nick Minaj akora imibona mpuzabitsina mu ijoro ,yabitangaje nyuma y’aho umwe mu bamukurikiranA (follower) kuri twitter avuze ko Nick Minaj yaba asigaye akora imibonano mpuzabitsina inshuro esheshatu mu ijoro nyuma yo kubona umukunzi mushya.
Abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter, Nick Minaj yavuze ko mu by’ukuri inshuro esheshatu ari nyinshi ariko agira icyo avuga kuri iyi ngingo.
Ati “ Impuzandengo ya 3-4, Inshuro esheshatu ni nyinshi muvandi”. Nick Minaj yavuze ko Kenneth baziranye kuva mu buto bwabo kandi ko ariko bahoze babanye.
Ati “ Twahoze tumeranye gutya kuva kera. Ni we wamenye mbere y’abandi bose. Mbere yo kumenyekana no guhirwa. Yajyaga arwana n’abo nkundanye nabo kuko twabaga tutari kumwe.”
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *