skol
fortebet

Blac Chyna yababajwe na Soulja Boy wamubeshye ko amukunda kugira ngo amusambanye gusa

Yanditswe: Saturday 23, Feb 2019

Sponsored Ad

Umuhanzi Soulja Boy aherutse gutangaza ko atigeze akunda umunyamideli Blac Chyna ahubwo yamubeshye ko amukunda kugira ngo yumve uko igitsina cye kimeze,ibintu byababaje cyane uyu mugore bituma amwibasira bikomeye.

Sponsored Ad

Mu butumwa Soulja Boy yashyize kuri Twitter ye akabusiba nyuma y’akanya gato,yavuze ko atigeze akunda Blac Chyna ahubwo yamubeshye kugira ngo yiyumvira uko igitsina cye kimeze.

Blac Chyna ufite imiterere ituma abagabo bamwirukaho yavuze ko uyu muhanzi w’umuraperi atarakura ndetse yishimiye ko bahagaritse umubano wabo.

Soulja Boy wamenyekanye mu ndirimbo Kiss me Throu The phone,yibasiriwe na benshi kubera uyu muco mubi wo kurya umutima abakobwa,akababeshya ko abakunda agamije kubasambanya gusa yarangiza akabajugunya.

Umwe mu bantu baba hafiya Blac Chyna yabwiye TMZ ko Soulja Boy yegereye Blac Chyna afite inyota ndetse ahangayitse amubeshya ko amukunda,kugira ngo amusambanye.

TMZ yavuze ko nubwo benshi bari bazi ko Blac Chyna yakundanaga na Soulja Boy,hari ibivugwa ko bahimbye urukundo rwabo bagasohokana ku karubanda mu rwego rwo kugira ngo uyu mugore ababaze umuraperi Tyga bahoze bakundana bakanabyarana umwana.



Soulja Boy yavuze ko yabeshye Blac Chyna ko amukunda kugira ngo abone uko basambana

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa