skol
fortebet

Blac Chyna yashyizwe ku karubanda arimo gusambana

Yanditswe: Tuesday 20, Feb 2018

Sponsored Ad

skol

Umunyamideli Blac Chyna wakundanye n’ ibyamamare birimo Tyga , Wiz khalifa yamaze kwiyongera ku bagore b’ibyamamare bafite amashusho yasakajwe aberekana bari mu gikorwa cy’ubusambanyi .
Amakuru dukesha urubuga rwa TMZ rwatangaje ko kugicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere ari bwo umuntu ukoresha Twitter mu mazina atazwi yasohoye agace gato k’ amashusho igaragaza umunyamideli Blac Chyna arimo asambana n’umugabo utagaragajwe isura ye neza . Ni nyuma y’igihe gito cyane aya mashusho akaba yahise (...)

Sponsored Ad

Umunyamideli Blac Chyna wakundanye n’ ibyamamare birimo Tyga , Wiz khalifa yamaze kwiyongera ku bagore b’ibyamamare bafite amashusho yasakajwe aberekana bari mu gikorwa cy’ubusambanyi .

Amakuru dukesha urubuga rwa TMZ rwatangaje ko kugicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere ari bwo umuntu ukoresha Twitter mu mazina atazwi yasohoye agace gato k’ amashusho igaragaza umunyamideli Blac Chyna arimo asambana n’umugabo utagaragajwe isura ye neza . Ni nyuma y’igihe gito cyane aya mashusho akaba yahise isakazwa ku mbuga zizwiho gusohora amashusho y’abantu bakora ubusambanyi .

Amakuru akomeza yemeza ko muri aya mashusho, hagaragazwa gusa isura ya Blac Chyna mu gihe umugabo bari kumwe mu gikorwa we isura ye itagaragara neza ndetse kugera magingo aya ntaramenyakana gusa muri aya mashusho humvikanamo urusaku rwe. Iyi video ireshya n’umunota umwe n’amasegonda 23 imaze kujya hanze, Blac Chyna ngo yahise yitabaza inzego zishinzwe umutekano ngo zikurikirane umuntu wese waba yaragize uruhare mu kumwandagaza, amushyira ku karubanda .

Ibitekerezo

  • Ariko Gusambana koko ni icyaha.Kuki se yahise yitabaza inzego zishinzwe umutekano ngo zikurikirane umuntu wese waba yaragize uruhare mu kumwandagaza?Nubwo abantu babikora mu ibanga,IMANA iba ibareba.Yaduhaye sex kugirango tuzayihe umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko.Abasambanyi,Abajura,abantu barwana mu ntambara,etc...ntabwo bazaba mu Bwami bw’imana.Abantu bumvira imana,izabahemba ubuzima bw’iteka muli Paradizo.
    Ntacyo bimaze kwishimisha "akanya gato",hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka.Ni ukugira ubwenge buke ubabaza uwaguhaye sex,imana yaturemye.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa