skol
fortebet

Bomani yashyize ahagaragara indirimbo ya Afrobeat

Yanditswe: Tuesday 07, Aug 2018

Sponsored Ad

Umuhanzi Nyarwanda Ineza Bonaventure ukoresha izina ‘Bomani’ nk’ izina ry’ ubuhanzi yashyize ahagaragara indi ndirimbo y’ urukundo nayo ya Afrobeat yise ‘Ntirushira’

Sponsored Ad

Bomani yatangiye gukora umuziki nk’ umwuga mu 2018 mu kwezi kwa 6, ubwo yakoraga indirimbo ye ya mbere yitwa ‘Ndakwikundira’ yakunzwe n’abatari bacye. ‘Ndakwikundira’ ni indirimbo y’urukundo .
Bonami afite impamyabumenyi y’ Ikiciro cya 2 cya Kaminuza A0 muri Arts and social Sciences mu ishami ry’amateka.

Bonami avuga ko impamvu nyamukuru ituma aririmba urukundo ari uko abona ko arirwo pfundo ry’ibintu byose.

Yagize ati “Impamvu nyamukuru intera kuririmba urukundo burya mbona arirwo pfundo ry’ibintu byose. Urukundo ni amahoro,gufashanya, iterambere, n’ibyishimo.”

Akomeza agira ati “Nanjye ndarugira kandi burya umuntu atanga icyo afite ndarugira kuko rwiganza mubyo nkora byose”
Bomani avuga ko intumbero ye mu muziki ari ugukoresha impano yifitemo maze ikaba ariyo izajya igena aho ahagarara.

Iradukunda Elisabeth

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa