Bryan White yasohoje isezerano yahaye umuryango wa nyakwigendera Mowzey Radio
Yanditswe: Saturday 10, Mar 2018
Umuherwe Bryan White wiyemeje gufasha umuryango n’umubyeyi wa Radio, kuri ubu yujuje inzu yari yarasubitswe kubera urupfu rwa Radio.
Amakuru atugeraho ni uko iyo inzu Radio yasize ituzuye uyu muherwe yavuze ko azayubakisha mu rwego rwo gufasha umubyeyi we wasigaye ntaho abarizwa ho gukinga umusaya.
Umubyeyi wa Radio,Jane Kasubo igikorwa cy’inzu ye cyatangiwe n’umuhungu we nyuma ikaza gusubukurwa n’ umukire uba muri Uganda waje kwiyemeza ko azayikomeza kugera irangiye ndetse nyina wa Radio (...)
Umuherwe Bryan White wiyemeje gufasha umuryango n’umubyeyi wa Radio, kuri ubu yujuje inzu yari yarasubitswe kubera urupfu rwa Radio.
Amakuru atugeraho ni uko iyo inzu Radio yasize ituzuye uyu muherwe yavuze ko azayubakisha mu rwego rwo gufasha umubyeyi we wasigaye ntaho abarizwa ho gukinga umusaya.
Umubyeyi wa Radio,Jane Kasubo igikorwa cy’inzu ye cyatangiwe n’umuhungu we nyuma ikaza gusubukurwa n’ umukire uba muri Uganda waje kwiyemeza ko azayikomeza kugera irangiye ndetse nyina wa Radio agahita ayimukiramo.
Bryan yakoze ibikorwa byinshi bitandukanye birimo kuba yaratanze amafaranga yo kuvuza Radio nubwo byarangiye atabarutse ndetse akaba ari umugabo ukunzwe kurangwa n’ ibikorwa by’ ubugiraneza.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *