skol
fortebet

Buravan utagira umukunzi abonye amahirwe yo gusohokana na Beyonce byamushimisha –Ikiganiro

Yanditswe: Sunday 11, Mar 2018

Sponsored Ad

skol

Umuhanzi Burabyo Yvan ubusanzwe utagira umukunzi yatangaje byinshi akunda mu buzima bwe bwa buri munsi gusa ngo uramutse abonye amahirwe yo gusohokana na Beyonce wo muri Amerika byamushimisha.
Ubwo Yvan Buravan yatumirwaga kuri radiyo imwe ya hano mu Rwanda yatangaje byinshi bijyanye n’ ubuzima bwe bwa buri munsi nibwo akunda.
Ubwo yabazwaga imyaka umusore ashobora kubakira urugo yasubije ko ari imyaka 27-30 .
Ubwo yabazwa ibintu bishobora ku murangaza mu buzima bwe bwa buri munsi (...)

Sponsored Ad

Umuhanzi Burabyo Yvan ubusanzwe utagira umukunzi yatangaje byinshi akunda mu buzima bwe bwa buri munsi gusa ngo uramutse abonye amahirwe yo gusohokana na Beyonce wo muri Amerika byamushimisha.

Ubwo Yvan Buravan yatumirwaga kuri radiyo imwe ya hano mu Rwanda yatangaje byinshi bijyanye n’ ubuzima bwe bwa buri munsi nibwo akunda.

Ubwo yabazwaga imyaka umusore ashobora kubakira urugo yasubije ko ari imyaka 27-30 .

Ubwo yabazwa ibintu bishobora ku murangaza mu buzima bwe bwa buri munsi yasubije ko ari “ Youtube”

Mu hagati yabajijwe ikintu yanga ko itangazamakuru rimubaza yasubije ko ubusanzwe yanga abamubaza ibijyanye n’ ubuzima bwe “Private Life “

Abajije indirimbo akunda yasubije ko akunda indirimbo ya Micheal Jackson yitwa “ Earth Song ”

Yabajijwe umugore w’ icyamamare yakwifuza gusohokana nawe aramutse abonye amahirwe yaje kuvugako ari “ Beyonce”

Abajijwe ikintu gituma agubwa neza mu buzima bwe bwa buri munsi asubiza ko mu gihe yumva amerewe ari gihe aba arikumwe n’ inshuti ze .

Twakwibutsa ko Yvan Buravan aherutse gushyira indirimbo hanze indirimbo yise Oya aho mu minsi micye agiye gushyira hanze iyindi ndirimbo.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa