skol
fortebet

Bwa mbere mu mateka umuhanzi yibagiwe igitero cy’indirimbo ye imbere y’abafana

Yanditswe: Wednesday 25, Apr 2018

Sponsored Ad

skol

Umuhanzi Patapaa ukomoka muri Ghana yibagiwe igitero cy’indirimbo ye mu gitaramo yatumiwemo kitwa GH One Splash Pool Party.

Sponsored Ad

Amakuru dukesha ikinyamakuru cya Ghbase gikorera kuri interinete cyatangaje ko umuhanzi Patapaa ukorera umuziki we muri Ghana yibawe imirongo igize igitero cy’indirimbo ye yise ’Akwaaba’ ubwo yari ku rubyiniro aho yasabye umuvangira umuziki ko yashyiramo indirimbo isimbura iyi ndirimbo yibagiwe imirongo yayo.

Ubusanzwe uyu muhanzi afatwa nk’umwe mu bakomeye muri Ghana aho kandi azwiho kuririmba indirimbo atabanje kwandika amagambo azigize, benshi bemeje ko yaba ariyo ntandaro yatumye yibagirwa amagambo agize indirimbo ye nshya yashakaga kuririmbira abafana be mu ijoro ryo ku cyumweru taliki ya 22 Mata 2018.

Iyi ndirimbo ubusanzwe yakozwe n’umugabo witwa Guilty aho yafatanyije n’umuhanzi Mr Eazi Pappy Kojo bamwe mu bahanzi bakunzwe muri Afurika y’iburasirazuba.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa