skol
fortebet

Byari Amarira menshi n’agahinda ubwo Nsanzamahoro Denis Rwasa Yasezerwagaho bwa nyuma{VIDEO}

Yanditswe: Sunday 08, Sep 2019

Sponsored Ad

Kuri iki Cyumweru tariki 8 Nzeri 2019 ku Kicukiro mu mujyi wa Kigali habereye umuhango wo gusezera bwa nyuma Nsanzamahoro Denis wamenyekanye nka Rwasa uherutse kwitaba Imana.
uyu muhango wo Gusezera Nyakwigendera waranzwe namarira ndetse nintimba yashunguye benshi ubwa yasezerwagaho bwanyuma murugi ku Kicukiro.
uyu muhango kandi waruyobowe na Willy Paul wamamaye muri firimi Ikigeragezo cy’ubuzima, akaba kandi yaranakinanye na Nyakwigendera Rwasa igihe kinini.
BYINSHI BYARANZE UYU MUHANGO (...)

Sponsored Ad

Kuri iki Cyumweru tariki 8 Nzeri 2019 ku Kicukiro mu mujyi wa Kigali habereye umuhango wo gusezera bwa nyuma Nsanzamahoro Denis wamenyekanye nka Rwasa uherutse kwitaba Imana.

uyu muhango wo Gusezera Nyakwigendera waranzwe namarira ndetse nintimba yashunguye benshi ubwa yasezerwagaho bwanyuma murugi ku Kicukiro.

uyu muhango kandi waruyobowe na Willy Paul wamamaye muri firimi Ikigeragezo cy’ubuzima, akaba kandi yaranakinanye na Nyakwigendera Rwasa igihe kinini.

BYINSHI BYARANZE UYU MUHANGO WO GUSZERA NYAKWIGENDERA RWASA MURABISANGA MURI IYI VIDEWO

Ibitekerezo

  • Mumbabarire ntimunyumve nabi. kubabara iyo wabuze uwawe ni byiza. gusa hirya y’ubu buzima n’ubuhe? gusa nizereko yagize umwanya wo kwicuza. basore mwumva komufite ibigango dore isomo urupfu rutwereka ko rudakangwa. reka ndekere ahaaa. gusa Groupe y’uyu muhungu niba bazi ubwenge nibave muri izo ngeso bishoyemo. kuko aho baba bari hose bababagaragiwe n’inkumi ndetse n’inzoga .

    DIABETES imutwambuye,yica abantu bari mu kigero cya 1 million buri mwaka.Abayirwaye ni 500 millions,nukuvuga 1/16 y’abantu batuye isi.Indwara zihitana abantu hafi 50 millions buri mwaka.
    Izihitana benshi ni Cancer (10 millions) na Cardiovascular diseases (hypertension,etc…) zihitana 20 millions.Wa mugani tujye twizera nta gushidikanya ko mu isi izaba paradizo,nta rupfu cyangwa indwara zizabamo nkuko Ibyahishuwe 21:4 havuga.Kimwe n’ibindi bibazo byose.Duharanire kuzaba muli iyo paradizo,twumvira Imana kandi tuyishaka cyane.Twe gutwarwa n’ibyisi gusa.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa