skol
fortebet

Claudette wabaye Igisonga cya 2 muri Miss Rwanda Belgique yashyize hanze ifoto yambaye ikariso n’isutiye [Ifoto]

Yanditswe: Tuesday 13, Nov 2018

Sponsored Ad

skol

Claudette wabaye igisonga cya kabiri muri Miss Rwanda Belgique yashyize hanze ifoto yambaye umwambaro wa Bikini utavugwaho rumwe na benshi.

Sponsored Ad

Uwamahoro Claudette uzwi nka Claudette Keiys ku mbuga nkoranyambaga yatunguye abantu kubera ifoto ye yambaye umwambaro wa Biki benshi bemeza ko uhabanye n’umuco nyarwanda.

Ifoto yashyize hanze yifashishije urukuta rwe rwa Instagram bamwe batunguwe no kubona iyi photo dore ko iyi ari inshuro ya mbere uyu mukobwa ashyize hanze ifoto yambaye gutya.

Ifoto igaragaza ari mu rwogero bamwe bacyetse ko yayifashe avuye koga mu gihe abandi bavuga ko yaba yarayifashe mu rwego rwo kwamamaza kubera ko ubusanzwe akora ibikorwa bijyanye no kwamamaza imideli mu gihugu cy’Ububiligi.

Claudette witabiriye irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda mu Bubiligi mu mwaka wa 2016 ,kuri ubu ni umwe mu bakobwa bategura ibitaramo bikomeye birimo Miss na Mister Elegancy Rwanda.
Claudette wabaye igisonga cya kabiri muri Miss Rwanda Belgique mu mwaka wa 2016:

Ibitekerezo

  • Miss Rwanda Belgique bishatse kuvuga iki?

    Aliko njye ndashaka kwibariza, ikintu kimwe umukobwa iyo yambaye ikareso ni sutiye, aba yambaye ubusa!!!!biterwa naho yaba ali ikibi byaba arugusohoka ibyambaye naho ikareso ni sutiye ali munzu ali aho bogera, nahandi bisabwa ntabwo aba yambaye ubusa kuko nibyo bihisha imyanya yibanga ibyo gukuririza, ngo kanaka, yashyize, ifoto, yubusa bwe hanze sibyo ngo igisonga, Belgique cyasohoye ifoto cyambaye, ubusa buhe se!!!abantu bajye bandika ibyo babonye ataribyo bategereza

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa