skol
fortebet

Demi Rose yongeye kwifotoza amafoto yatumye yigarurira ibinyamakuru n’imbuga nkoranyambaga[AMAFOTO]

Yanditswe: Monday 14, Jan 2019

Sponsored Ad

Umwongerezakazi Demi Rose ukunze kwifotoza amafoto ashotora abagabo,yatangiye umwaka wa 2019 ashyira hanze amafoto yatumye yongera kwigarurira ibinyamakuru ndetse n’imbuga nkoranyambaga.
Uyu mukobwa w’imyaka 23 uri mu bakunzwe ku isi kubera imiterere ye,yifotoje amafoto ashotora abagabo yaciye ibintu ubwo yari yatembereye muri Mexico.
Demi uri mu biruhuko muri iki gihugu cyo muri Amerika y’Amajyaruguru,ni umwe mu bakobwa bidasaba gukora iyo bwabaga ngo babone inshuti kuri Instagram,kuko (...)

Sponsored Ad

Umwongerezakazi Demi Rose ukunze kwifotoza amafoto ashotora abagabo,yatangiye umwaka wa 2019 ashyira hanze amafoto yatumye yongera kwigarurira ibinyamakuru ndetse n’imbuga nkoranyambaga.

Uyu mukobwa w’imyaka 23 uri mu bakunzwe ku isi kubera imiterere ye,yifotoje amafoto ashotora abagabo yaciye ibintu ubwo yari yatembereye muri Mexico.

Demi uri mu biruhuko muri iki gihugu cyo muri Amerika y’Amajyaruguru,ni umwe mu bakobwa bidasaba gukora iyo bwabaga ngo babone inshuti kuri Instagram,kuko imiterere ye ituma abiganjemo abagabo bamukurikira ndetse bakamuvugaho amagambo atandukanye yo kumutaka.

Demi Rose yamenyekanye ubwo yari mu rukundo n’umuraperi Tyga waje kumuta akikundanira n’umunyamideli Kylie Jenner baza gutandukana nyuma.








Ibitekerezo

  • Iyi si irarwaye.Gutandika umubiri wawe uboshye utandika inyanya???Abakobwa benshi bakeka ko kwambara ubusa bibaha agaciro.Ntabwo bazi ko bigira opposite effect (effet inverse) kuko bituma abagabo babifuza kugirango baryamane.Ntabwo ari byiza kwanika ibibuno,amabere,ibibero,sex imana yaguhaye.Yabiguhaye kugirango uzabihe umuntu umwe gusa muzabana biciye mu mategeko.Abantu banga kumvira imana izabakura mu isi ku Munsi w’Imperuka.Bisome muli Imigani 2,imirongo ya 21,22.Impamvu imana yatinze kuzana IMPERUKA,nuko ishaka ko abantu bose bahinduka,bakava mu byaha no gushaka ibyisi gusa.Bisome muli 2 Petero 3:9.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa