skol
fortebet

Diamond na Tanasha bandikiye ibaruwa uwigize Papa w’umwana wabo

Yanditswe: Saturday 30, May 2020

Sponsored Ad

skol

Umuhanzikazi Tanasha Donna n’umuhanzi Diamond Platnumz bandikiye ibaruwa umunyamakuru wiyise se w’umwana babyaranye Junior Naseeb bamusaba ibisobanuro nyuma y’uko yasabye imbabazi avuga ko ibyo yashakaga kuvuga byumvishwe nabi nabo yabibwiraga.

Sponsored Ad

Mu kiganiro yagiranye n’imwe mu maradiyo yo muri Tanzania, uyu Tanasha Donna wahoze ari umunyamakuru kuri radio yitwa NRG yo muri Kenya yavuze ko yababariye Mwijaju nyuma yo gusaba imbabazi,avuga uburyo ibyo yavuze byakiriwe nabi kuko we yashakaga kuvuga ko umwana yamubyaye mu buryo bw’umuco,kuko avuka mu gace kamwe na Diamond Platnumz bityo agahinduka umubyeyi wa Junior Naseeb kubera aho bakomoka bitana abavandimwe.

Tanasha Donna yabwiye yabwiye ibitangazamakuru ko ibaruwa bandikiye umunyamakuru Mwijaku bamusaba ibisonuro bari bayumvikanyeho kuko bo bari bafashe umwanzuro wo kumujyana mu nkiko ariko bahitamo kumuha imbabazi nyuma yo kuzaka.

“Nari nakoze ikirego kugirango nkingeze mu nkiko, ndetse namwandikira ibaruwa imusaba ibisobanuro, njyewe hamwe n’umubyeyi w’umwana wanjye, twamwandikiye ibaruwa kuko twendaga kumukurikirana, twari twabifashe nk’ibintu byihutirwa” Aha Tanasha yabwiraga abanyamakuru ko we na Diamond bari bagiye kujyana mu nkiko umunyamakuru Mwijaku.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa