skol
fortebet

Diamond Platnumz yatumye benshi bacika ururondogoro kubera ifoto yashyize hanze ari gusomanira n’umukunzi we ku kiraro

Yanditswe: Sunday 13, Jan 2019

Sponsored Ad

Umuhanzi Diamond Platnumz uzwi cyane muri Afrika no ku isi yose yifotoje ari gusomana byimbitse n’umukunzi we Tanasha Barbieri Oketchukomoka muri Kenya bamaze iminsi bagacishaho mu rukundo.

Sponsored Ad

Diamond ukunzwe na benshi muri aka karere ka Afurika y’Iburasirazuba,yatumye benshi bacika ururondogoro kubera iyi foto ari kumwe n’uyu mukunzi we yashyize hanze ku munsi w’ejo.

Diamond yifotoje ari gusomana bidasanzwe n’umukunzi we Tanasha

Umunyamakuru Tanasha Barbieri Oketch w’imyaka 22 uri mu rukundo na Diamond,ni umwe mu bakobwa bavuzweho cyane mu mpera z’umwaka ushize nyuma y’aho uyu muhanzi wa Bongo Flava atangaje ko bazashyingiranwa kuwa 14 Gashyantare uyu mwaka gusa biza guhinduka.

Mu minsi ishize Diamond Platnumz aherutse gutangaza ko yigije inyuma italiki y’ubukwe bwe kugira ngo buzitabirwe n’ibyamamare bikomeye muri Africa ndetse no muri USA.





Imiterere ya Tanasha yakuruye Diamond

Ibitekerezo

  • Hhhhhhhh nawe namara kumubyaza murabizi ibizakurikira

    Aka kagabo kabaye akabwa kirirwa gahunahuna mu bakobwa.kazapfa nabi kubera ako karizo ke yirirwa avika avikura.muzaba mureba amherezo ndabarahiye.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa