skol
fortebet

Diamond yakozwe n’isoni imbere y’umukobwa we Tiffah

Yanditswe: Friday 20, Jul 2018

Sponsored Ad

skol

Diamond yasakaje hanze amashusho agaragaza ari kuvugana n’umwana we , gusa mu gihe umwana yamubazaga imisatsi ibarizwa mu gituza cye [ Impwempwe] yananiwe kuzivuga mu rurimi rw’icyongereza amusubiza ko atabizi.

Sponsored Ad

Kuri uyu wa Kane Taliki ya 19 Nyakanga 2018 . Diamond yashyize hanze amashusho arimo kuganira n’umwana we Princess Tiffah ubwo yamubazaga impamvu atogosha ubwanwa bwe nawe yahise amubaza impamvu atogosha umusatsi we byageze aho uyu mwana amubaza imisatsi igaragara mu gituza cye uko bayita Diamond mu kwisobanura yahise amusubiza ko icyongereza cye gicocamye atazi uko babwitwa mu ndimi z’amahanga.

Yagize ati “ Urambabarira icyongereza cyanjye ni gicye sinzi uko babwita [ Impwempwe] mu cyongereza.“

Diamond byabaye ngombwa ko yitabaza umuntu utamenyekanye warumuri hafi aho ngo amubwire uko impwempwe bazita mu cyongereza.

Twakwibitsa ko Diamond yavuzweho ko atigeze yiga amashuri y’ikirenga ndetse ko kugera ubu icyongereza azi aricyo ahugurwa n’abarimu b’inzobere mu bijyanye n’indimo bityo akaba agikomeje gutyaza ubwenge mu ndimi.

Siwe gusa kuko undi Muhanzi wo muri Uganda yigeze gutungurwa nuko azajya muri Amerika kandi atazi icyongereza bimubera imbogamizi bashaka koherezayo umujyanama wabo babona byazateza impagarara niko kujyenda nubwo nta cyongereza yari azi.

Ibitekerezo

  • Kuci se ari igisebo kuba utazi icyongereza ubwo se utazi igi Swahili we asebeje mwagiye muha agaciro umugabane wanyu

    Aramaze wowe se indimi zose urazizi?

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa