skol
fortebet

Diamond yavuze uburyo Zari aryoshye mu mibonano mpuzabitsina kurusha abandi bose bakundanye[AMAFOTO]

Yanditswe: Wednesday 26, Dec 2018

Sponsored Ad

skol

Diamond Patnumz ni umwe mu bahanzi bavuzwe cyane mu nkundo zitandukanye ku bakobwa b’ibyamamare biva hirya no hino mu bihugu by’abaturanyi bya Tanzaniya. Uyu muhanzi Diamond Platnumz umaze gufata zimwe mu nkuta z’imitima ya benshi muri Afurika ahamya ko nta mugore uzamurutira Zari Hassan mu buryohe.

Sponsored Ad

Diamond na Zari babanye nk’umugabo n’umugore baza gutandukana ku munsi mpuzamahanga w’abakundanye witiriwe Saint Valantin wizihizwa Taliki 14 Gashyantare buri mwaka, ugutanduka kw’aba bombi Zari yahamyagako atakwihanganira imico mibi ya Diamond umuca inyuma buri munsi , ahitamo kwibera wenyine ngo abone umutuzo.

Diamond muri iyi minsi yitegura ubukwe by’akataraboneka ngo buzamara iminsi ine bugishyushye nk’uko yabitangaje, aho azaba yabukoranye n’ikizungerezi kuva mu gihugu cya Kenya Donna Tanasha Okech umunyamakuru ukunzwe cyane muri Kenya.

Diamond agatima ke kagaruka cyane kuri Zari batandukanye babyaranye abana 2 aribo Tiffah Dangote na Prince Nillan.

Mu magambo ya Diamond ati“Mu buzima bwanjye bwose bw’urukundo, nakundanye n’abakobwa benshi ariko mbere y’abandi nubaha Mama Tiffah (Zari Hassan), ni umugore uryoshye kurusha abandi bose twaryamanye”.

Ibitekerezo

  • Kwirirwa uhinduranya abagore n’abakobwa,bibabaza Imana cyane.Ntabwo yaturemye nk’inyamaswa.
    Aho gukoresha ubuto bwacu (youth) mu busambanyi,Imana idusaba kuyishaka mu gihe tukiri bato.Bisome muli Umubwiriza 12:1.Ndasaba abasore n’inkumi kurebera kuli bagenzi babo bajya mu nzira bakabwiriza ijambo ry’Imana.Mujya mubabona ahantu henshi barimo kubwiriza,aho gukoresha ubuzima bwamo mu kwishimisha mu busambanyi.Ubusore n’ubukire bishuka Diamond,ejo azasaza yibagirane.Imana yaduhaye sex kugirango tuyihe umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko.Millions and millions z’abantu basambana,ntabwo bemera ko ari icyaha kizatuma babura ubuzima bw’iteka muli paradizo dutegereje ivugwa muli 2 Petero 3:13.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa