skol
fortebet

Digi Digi wo muri Papa Cava yahishuye impamvu ikomeye yari igiye gutuma areka gukina Filimi {VIDEO}

Yanditswe: Tuesday 03, Sep 2019

Sponsored Ad

Rugero Norbert wamamaye nka Digi Digi muri Papa Sava n’umwe mu bakinnyi bashya muri cinema ariko bazamuka umunsi ku munsi ndetse umubare w’abakunda ibyo akina ugakomeza kwiyongera.
Mu kiganiro yagiranye na DC TV RWANDA, uyu musore yahishuye ukuntu ibitekerezo byabarebye agace ka mbere yakinnye muri Papa Sava byari bigiye gutuma areka gukina cinema.
Yagize ati “Nasomaga ibitekerezo nkumva nabireka pe, ibaze abantu barenga bangahe bose bakubwira ngo ntubishoboye, ngo wapi, ngo wabyishe, urumva (...)

Sponsored Ad

Rugero Norbert wamamaye nka Digi Digi muri Papa Sava n’umwe mu bakinnyi bashya muri cinema ariko bazamuka umunsi ku munsi ndetse umubare w’abakunda ibyo akina ugakomeza kwiyongera.

Mu kiganiro yagiranye na DC TV RWANDA, uyu musore yahishuye ukuntu ibitekerezo byabarebye agace ka mbere yakinnye muri Papa Sava byari bigiye gutuma areka gukina cinema.

Yagize ati “Nasomaga ibitekerezo nkumva nabireka pe, ibaze abantu barenga bangahe bose bakubwira ngo ntubishoboye, ngo wapi, ngo wabyishe, urumva uhita ucika intege kuko bwari n’ubwa mbere ngaragaye muri firimi.”

Yongeyeho ati “Nge nari menyereye gukina amakinamico,ibyo gukina ama firimi sinari mbimenyereye, ariko nk’umukinnyi nagombaga kubikora, kuko uretse kujya imbere ya camera ibindi byo nari mbimenyereye.”

REBA IKIGANIRO KIDASANZWE TWAGIRANYE NA DIGI DIGI WACIYE IBINTU MURI PAPA SAVA

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa