skol
fortebet

EMMY yageze i kigali ahishura byinshi ku bukwe ajemo [VIDEO]

Yanditswe: Thursday 25, Jul 2019

Sponsored Ad

Nsengiyumva Emmanuel uzwi nka Emmy mu muziki ni umwe mu bahanzi b’abanyarwanda babarizwa muri Amerika ari naho akorera muzika.uyu muhanzi akaba yari amaze imyaka isaga irindwi adakandagira mu Rwanda dore ko yagiye mu mwaka wa 2012 nyuma yo kwikura mu irushanwa rya PGGSS2 akajya gutura muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Sponsored Ad

Mu minsi ishize hasotse inkuru zivuga ko uyu muhanzi yaje mu Rwanda bucece ndetse aza no guhita asubirayo mu buryo bw’ibanga rikomeye.

ku i saa mbiri n’igice z’ijoro nibwo uyu muhanzi yasesekaye ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kanombe, aho yakiriwe n’inshuti ndetse na bamwe mu bo mu muryango we.

VIDEO Y’IKIGANIRO EMMY AHISHURA BYINSHI BIMUZANYE MU RWANDA NIBINDI BIMWEREKEYEHO:

Ibitekerezo

  • Niba aje mu bukwe ni byiza.Mu bintu bidushimisha cyane Imana yaduhaye,harimo ubukwe no kubyara.Byombi ni IMPANO y’Imana.Gusa tugomba kwibuka ko Imana ishaka ko Umugore n’Umugabo "baba umubiri umwe" nkuko Intangiriro 2,umurongo wa 24 havuga.Ikibabaje nuko ababyubahiriza ari bake.Benshi bacana inyuma,bararwana,baricana,ndetse bagatandukana.Ikibabaje nuko amadini amwe avuga ngo Imana yemera Polygamy (gutunga abagore benshi).Ntabwo aribyo kubera ko bitera ibibazo mu ngo kandi Yesu yarabitubujije.Turamutse twumviye amategeko y’Imana,isi yaba nziza cyane.Gereza,kurwana,intambara,kwiba,ndetse na Police byavaho kubera ko abantu baba bakora ibyo Imana idusaba.Kubera ko abantu bananiye Imana kuva na kera,yashyizeho umunsi wa nyuma kugirango izakure mu isi abakora ibyo itubuza,isigaze gusa abantu bayumvira nkuko Imigani 2 imirongo ya 21 na 22 havuga.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa