skol
fortebet

Harmonize agiye kuva mu Rwanda akoranye indirimbo n’abahanzi 2

Yanditswe: Monday 26, Mar 2018

Sponsored Ad

skol

Harmonize azakorana indirimbo na Safi Madiba ndetse na Marina babarizwa muri The Mane.
Bad Rama umuyobozi mukuru wa The Mane Label yatangaje ko mu gihe kingana n’ iminsi 3 umuhanzi Rajab Abdul Kahali uzwi nka Harmonize amaze i Kigali yakoranye indirimbo na Safi Madiba ndetse na Marina Deborah bafashwa na The Mane.
Yagize ati “ Yego nibyo Harmonize yakoranye indirimbo na Safi ndetse na Marina ubu zirimo gufatwa n’amashusho yazo mbere yuko asubira muri Tanzania “
Abajijwe igihe zizasohocyera (...)

Sponsored Ad

Harmonize azakorana indirimbo na Safi Madiba ndetse na Marina babarizwa muri The Mane.

Bad Rama umuyobozi mukuru wa The Mane Label yatangaje ko mu gihe kingana n’ iminsi 3 umuhanzi Rajab Abdul Kahali uzwi nka Harmonize amaze i Kigali yakoranye indirimbo na Safi Madiba ndetse na Marina Deborah bafashwa na The Mane.

Yagize ati “ Yego nibyo Harmonize yakoranye indirimbo na Safi ndetse na Marina ubu zirimo gufatwa n’amashusho yazo mbere yuko asubira muri Tanzania “
Abajijwe igihe zizasohocyera yatangaje ko kuri ubu zikirimo gutunganywa neza mu gihe biteganyijwe ko nyuma y’ icyunamo aribwo zizashyirwa hanze.

Ati “ Zizajya hanze nyuma y’ icyunamo kugirango tuzahe abakunzi b’umuziki nyarwanda umuziki mwiza ndetse unogeye amatwi ndetse ufite amashusho ari ku rwego rwo hejuru“

UMURYANGO twashatse kumenya aba Producer barimo kuzitunganya atubwira ko mu buryo bw’ amajwi zizatunganwa na Producer Made Beat naho Amashusho azafatwa na Meddy Saleh.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa