skol
fortebet

Huddah Monroe ngo kubera ubwiza afite yumva yagenda mu nzira yambaye uko yavutse

Yanditswe: Tuesday 26, Jun 2018

Sponsored Ad

skol

Umunyamidelikazi Monroe yavuze ko kubera uburanga bwe Imana yamuhaye yumva yagenda mu muhanda yambaye uko yavutse kuko ateye neza kandi akundwa n’umubare munini wiganjemo igitsina gabo.

Sponsored Ad

Umunyamideri Huddah Monroe w’ imyaka 27 y’amavuko ukomoka muri Kenya ukunzwe n’abatari bake muri Afurila y’ibirasirazuba cyane ku mbuga nkoranyambaga yatangajwe ko atunzwe n’igitsina kuko cyamuhaye byinshi byiza kandi yari akeneye birimo imodoka yo mu bwoko bwa ROLLS ROYCE cye ndetse ko yumva yagenda yambaye ubusa mu rwego rwo kwereka abatuye isi ubwiza bwe.

Ubwo uyu Munyamidilikazi yaganirana na Radio Times FM yavuzeko bimukundiye ko yakabaye agenda mu nzira yambaye uko yavutse buri wese akabona ubwambure bwe.

Yagize ati “Mwese murabizi nkunda umubiri wanjye cyane, iyaba ari ibishoboka buri munsi najya ngenda mu nzira ntacyo nambaye kuko numva nishimiye umubiri wanjye.”


Uyu mukobwa uri mubakurikirwa cyane kurubuga rwa instagram muri Kenya akunda kwigaragaza ari mu modoka zihenze, ama hoteli ahenze. Huddah Monroe ashize amanga yigambye ko atunzwe n’igitsina cye kuko aricyo cyamugejejeho buri kimwe akenera.


Yagize ati “Nazanzamuwe n’igitsina cyanjye, ubu ndatwara imodoka ihenze ya Rolls Royce, naho mwebwe mukomeza gukora akazi k’ububoyi” aha yasaga naho abwira abakobwa.""


Twakwibutsa ko Huddah Atari uwambere avuzweho ibikorwa nk’ ibi by’ urukozasoni kuko akunze gusakaza amafoto ye yambaye ubusa ndetse akangurira abakobwa gukundana n’abagabo bishoboye mu cyimbo cyo gukundana n’abababeshya ko bafite urukundo kandi ntamikoro yo kuba bazirengera ibibazo byabo birimo kugurirwa imodoka nziza ,gutemberezwa ahantu nyaburanga ndetse no kugurira imyambaro ndetse n’ inzu nziza we ahamya ko ibi byose yamaze kubibona.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa