skol
fortebet

Huddah Monroe yongeye gusakaza amafoto ye hanze agaragaza imiterere y’ikibuno cye[AMAFOTO]

Yanditswe: Wednesday 28, Nov 2018

Sponsored Ad

skol

Umunyamidelikazi Huddah Monroe yasakaje amafoto ye hanze agaragaza ikibuno mu buryo bwo gushishikariza abafana be gusura igihe cya Kenya.

Sponsored Ad

Kuri uyu wa Kabiri taliki ya 28 Ugushyingo 2018 ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwijwe amafoto agaragaza umunyamidelikazi Huddah Monroe arimo kurya ubuzima ndetse ashishikariza abafana be bamukurikira kuri instagram gusura igihugu cya Kenya.

Mu mafoto agera kuri 3 yashyize hanze yabwiye abamukurikira ko Kenya ari igihugu cyiza nyuma yuko yifotoreje ahantu hazwi nka Monaco , Saint Tropez na Cannes gusa avuga ko amakoro[rocks] yahanze adasanzwe .

Yagize ati “ Urakaza neza muri Kenya ,maze iminsi muri Monaco , Saint Tropez na Cannes ariko amakoro nahasanze ntasanze ndetse n’umucanga ufite ibara ntigeze mbona […] Igihugu cyanjye ni Paradizo.”

Si ubwambere uyu mukobwa avuzweho ibikorwa nkibi byo gushyira hanze amafoto agaragaza imiterere ye mu mwambaro ushotora igitsina gabo gusa kuri iyi nshuro bo benshi bemeje ko aya mafoto afite umwihariko wayo ndetse ashobora kuba yarahawe akazi ko guteza imbere ibidukikije kuko ngo ni ubwambere agize icyo avuga ku bitatse igihugu cye.
REBA AMAFOTO:



Ibitekerezo

  • Toka Satani kwa jina la Yesu, aba nibo batumaze ,nibo bashenye umuryango ny’ Afrika.

    Ndagirango mubwire ko kubaka igihugu bitanyura mu kibuno cg ngo bice mu nnyo.

    Kubaka igihungu ni imbaraga z’abakigize bitanga,ndetse byaba ngombwa bakimenera amaraso,si ukurata mu nnyo kuko ahubwo bitera umwaku. Ntitwanze kwishima cg kwishimisha ariko kwiyubaha no kubaha Igihugu no kucyubaka ni indi task. Tumenye gutandukanya uburaya no kubaka igihugu.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa