skol
fortebet

Humble Jizzo kuri ubu uri kubarizwa muri Amerika we n’umuryango we n’abo kwa Sebukwe bagaragaye bari mu bihe byiza ku mazi

Yanditswe: Wednesday 07, Aug 2019

Sponsored Ad

skol

Umuhanzi Manzi James uzwi cyane nka Humble_Jizzo, ubarizwa mu itsinda rya Urban Boys, kuri ubu arabarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za America aho yagiye kubw’impamvu zinyuranye zirimo n’iz’ibiruhuko hamwe n’umuryango we ndetse n’uwo kwa Sebukwe.

Sponsored Ad

Humble_Jizzo yavuze ko we n’umuryango we bari mu minsi ya nyuma y’ibiruhuko ndetse akaba yishimira cyane uko barimo kubisoza neza ariko barushaho kwegera umuryango bakagirana ibihe by’indashyikira

Humble_Jizzo kandi yemeza ko mu minsi micye we n’umugore we n’umwana wabo w’umukobwa basesekara i Kigali ndetse imishinga inyuranye ye n’iy’iyitsinda abarizwamo ikarushaho kugenda neza.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa