Humble Jizzo yageze i Kigali ahetse umwana we yabyaranye na Blauman
Yanditswe: Friday 23, Mar 2018
Humble yageze i Kigali ari kumwe n’ umugore we Amy Blauman ndetse n’ umwana wabo bibarukiye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Manzi James uzwi nka Humble Jizzo umaze amezi 3 muri Amerika yagarutse mu Rwanda afite ibyishimo bidasanzwe nyuma y’iminsi micye yibarutse umwana we.
Mu kiganiro n’Itangazamakuru yavuze ko aguwe neza nyuma y’igihe bari bamaze munsi y’ikirere cyo muri Leta ya Washington hari ubukonje bwinshi cyane muri iki gihe
Yagize ati “nyigera i Kigali akuka keza kahise kangwa neza (...)
Humble yageze i Kigali ari kumwe n’ umugore we Amy Blauman ndetse n’ umwana wabo bibarukiye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Manzi James uzwi nka Humble Jizzo umaze amezi 3 muri Amerika yagarutse mu Rwanda afite ibyishimo bidasanzwe nyuma y’iminsi micye yibarutse umwana we.
Mu kiganiro n’Itangazamakuru yavuze ko aguwe neza nyuma y’igihe bari bamaze munsi y’ikirere cyo muri Leta ya Washington hari ubukonje bwinshi cyane muri iki gihe
Yagize ati “nyigera i Kigali akuka keza kahise kangwa neza nyuma y’igihe twari tumaze iminsi muri Leta ya Washington harangwaga n’ ubukonje bwinshi.
Yahawe ikaze na Nizzo baririmbana muri Urban Boys ndetse n’ umuryango we.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *