skol
fortebet

Humble yakiriwe mu muryango w’umukunzi we-AMAFOTO

Yanditswe: Tuesday 19, Dec 2017

Sponsored Ad

Humble Jizzo yageze muri Leta zunze ubumwe za Amerika ku cyumweru ari kumwe n’umukunzi we, Amy aho baherereye mu gace ka Wenatchee ho muri Washington.
Uyu muhanzi yajyanye n’umukunzi mu myiteguro yo kubyara imfura yabo ndetse no gusura umuryango w’umukunzi we.Humble yanditse avuga ko yasanganiwe n’ubukonje akigerayo ariko yatangiye kumenyera ikirere.
Kuwa gatanu tariki ya 15 Ukuboza 2017 nibwo Humble jizzo n’umugore we Amy Blauman berekeje muri Leta zunze ubumwe z’Amerika.Aho ari ubu, (...)

Sponsored Ad

Humble Jizzo yageze muri Leta zunze ubumwe za Amerika ku cyumweru ari kumwe n’umukunzi we, Amy aho baherereye mu gace ka Wenatchee ho muri Washington.

Uyu muhanzi yajyanye n’umukunzi mu myiteguro yo kubyara imfura yabo ndetse no gusura umuryango w’umukunzi we.Humble yanditse avuga ko yasanganiwe n’ubukonje akigerayo ariko yatangiye kumenyera ikirere.

Kuwa gatanu tariki ya 15 Ukuboza 2017 nibwo Humble jizzo n’umugore we Amy Blauman berekeje muri Leta zunze ubumwe z’Amerika.Aho ari ubu, yatangiye gushyira hanze amwe mu mafoto ari kumwe nabo mu muryango w’umukunzi we.

Yanerekanye andi mafoto ari kumwe n’umukunzi we witegura kwibaruka umukobwa batembereye mu mujyi wa Washington..Humble yavuye mu Rwanda abwiye itangazamakuru ko atazi neza igihe azamara mu mahanga ariko bitazarenze amezi abiri.




Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa