skol
fortebet

Ibyamamare byifotoje byambaye ubusa bikavugisha benshi mu bakunzi babyo [AMAFOTO]

Yanditswe: Tuesday 13, Feb 2018

Sponsored Ad

Ku munsi w’ejo nibwo umuhanzikazi Rita Ora ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza cyashyize hanze amafoto yambaye uko cyavutse bituma byinshi mu bitangazamakuru bigaruka kuri uyu muco mubi ukomeje koreka ibyamamarekazi.
Bamwe mu bakobwa batandukanye ku isi basigaye bakoresha ubu buryo mu rwego rwo kuvugwa cyane dore ko bakoresha urubuga rwa Instagram rusigaye rukoreshwa na benshi ku isi.
Umuryango wasubije amaso inyuma ureba bimwe mu byamamare byagiye bishyira hanze amafoto byambaye uko byavutse. (...)

Sponsored Ad

Ku munsi w’ejo nibwo umuhanzikazi Rita Ora ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza cyashyize hanze amafoto yambaye uko cyavutse bituma byinshi mu bitangazamakuru bigaruka kuri uyu muco mubi ukomeje koreka ibyamamarekazi.

Bamwe mu bakobwa batandukanye ku isi basigaye bakoresha ubu buryo mu rwego rwo kuvugwa cyane dore ko bakoresha urubuga rwa Instagram rusigaye rukoreshwa na benshi ku isi.

Umuryango wasubije amaso inyuma ureba bimwe mu byamamare byagiye bishyira hanze amafoto byambaye uko byavutse.

Kim Kardashian

Miley Cyrus

Marnie Simpson

Nicki Minaj

Amber Rose

Selena Gomez

Bella Hadid

Emily Ratajkownski

Chrissy Teigen

Louise Thompson

Rita Ora

Ibitekerezo

  • Ariko biratangaje kubona nta mugabo wambara ubusa mu ruhame.Byerekana ko abagore n’abakobwa benshi bigira "sex objects".Berekana ibibero,amabere na sex kugirango badukurure,dusambane nabo,tubahe amafaranga.Bimeze nko kwitandika uboshye INYANYA.Birababaje.Ntabwo imana yaduhaye sex ngo tujye tuyanika ku gasozi.Yagirango twishimane gusa n’umuntu umwe gusa tuzabana officially (Imigani 5:15-20).Abasambanyi ntabwo bazaba muli paradizo (1 Abakorinto 6:9,10).

    Ayama photo ngo y’ibyamamare muri muzika ntabutumwa bwubaka umuryanho nyarwanda burimo,yangiza imitwetabasomyi byongeye cyane abananato!Ibi kibumirwe murwanda ntibizahagere!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa