skol
fortebet

Umukinnyi wa filime Danniella yifotoje yerekana imyanya ye y’ ibanga

Yanditswe: Friday 12, Jan 2018

Sponsored Ad

Umwongereza witwa Danniella Westbrook umenyerewe mu gukina amafilimi no gukora ibiganiro kuri televiziyo yatunguye abantu ubwo yagaragaye ku Nyanja ari koga yambaye ubusa ndetse amabere ye yose ari hanze.
Iki cyamamare cy’imyaka 44 gikunzwe na benshi mu Bwongereza,cyatunguye abafana bacyo ubwo cyiyambikaga ubusa imbere y’abantu maze abanyamakuru baragifotora karahava niko gukwirakwiza amafoto yacyo none yakwirakwiye ku isi yose.
Ubwo uyu Daniella yari kuri iyi nyanja yo muri (...)

Sponsored Ad

Umwongereza witwa Danniella Westbrook umenyerewe mu gukina amafilimi no gukora ibiganiro kuri televiziyo yatunguye abantu ubwo yagaragaye ku Nyanja ari koga yambaye ubusa ndetse amabere ye yose ari hanze.



Iki cyamamare cy’imyaka 44 gikunzwe na benshi mu Bwongereza,cyatunguye abafana bacyo ubwo cyiyambikaga ubusa imbere y’abantu maze abanyamakuru baragifotora karahava niko gukwirakwiza amafoto yacyo none yakwirakwiye ku isi yose.

Ubwo uyu Daniella yari kuri iyi nyanja yo muri Espagne,yishimiye gfotorwa yambaye ubusa ndetse nkuko bigaragara ku mafoto,ntacyo byari bimutwaye kubona abanyamakuru bamufotora.






Ibitekerezo

  • Aka ni akumiro.Ni gute "nyogokuru" yakanika amabere na sex ye?Birababaje.Niyo yaba inkumi,ntabwo imana yaduhaye amabere ngo tuyereke abahisi n’abagenzi.Sex n’amabere byagenewe gusa umugabo muzabana mubanje gusezerana.
    Birababaje kubona abagore n’abakobwa bambarira ubusa uwo babonye wese,babyita ngo "bari mu rukundo".Ni icyaha kizabarimbuza ku munsi w’imperuka.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa